SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Rutahizamu Alsény Camara yijeje Aba-Rayons kuzitwara neza !
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Rutahizamu Alsény Camara yijeje Aba-Rayons kuzitwara neza !
Imikino

Rutahizamu Alsény Camara yijeje Aba-Rayons kuzitwara neza !

Muhire Jimmy
Last updated: 2023/11/23 at 4:01 PM
Muhire Jimmy
Share
5 Min Read
SHARE

Rutahizamu wa Rayon Sports, Alsény Camara Agogo, yavuze ko yishimiye kongera kugera mu Rwanda, anizeza abafana b’iyi kipe kwitwara neza.

 

Uyu Munya-Guinée yabigarutseho ku wa Kane, tariki 23 Ugushyingo 2023, ubwo yari ageze i Kigali.

Yagize ati “Nishimiye kugaruka mu Rwanda. Ni igihugu nkunda, kuko twakiniye hano muri CHAN (mu 2016). Hamwe na Rayon Sports n’ubunararibonye bwanjye, nzakora ibishoboka byose.”

Uyu mukinnyi yakomeje avuga ko muri icyo gihe yarebye umukino w’u Rwanda agakunda imikinire yarwo.

Ati “Narebye umukino w’u Rwanda muri CHAN, nararukunze, nakunze uburyo abakinnyi barwo bakina.”

Alsény Camara yavuze ko ibiganiro byarangiye ku mpande zombi ndetse yakwishimira kuzamara igihe kinini muri Murera kandi ko azakora ibishoboka byose agatanga umusaruro.

Ati “Yego [ibiganiro byararangiye]. Byaterwa n’ikipe, njye nakina hano igihe cyose, yaba imyaka ibiri, imyaka itatu. Abafana ba Rayon Sports nababwira ko ndi umukinnyi ufite ubunararibonye kandi nzakora ibishoboka.”

Rutahizamu Alsény Camara Agogo yijeje Aba-Rayons kuzakora ibishoboka byose akitwara neza

Uyu rutahizamu w’imyaka 28, ni umwe mu bo Rayon Sports iteganya gushingiraho mu mikino yo kwishyura ya Shampiyona nyuma y’aho Musa Esenu ari gusoza amasezerano kandi ashobora kutazayongererwa.

Alsény Camara yakiniye amakipe atandukanye nka Kaloum na Horoya AC iwabo muri Guinée, ASAC Ndiambour, Sacré-Coeur na Guediawaye FC muri Sénégal ndetse na Hassania d’Agadir yo muri Maroc.

facebook sharing button
gmail sharing button

twitter sharing button
facebook sharing button
gmail sharing button
telegram sharing button
whatsapp sharing button

 Yasuwe : 
Yavuzweho:

 

Rutahizamu wa Rayon Sports, Alsény Camara Agogo, yavuze ko yishimiye kongera kugera mu Rwanda, anizeza abafana b’iyi kipe kwitwara neza.

 

Uyu Munya-Guinée yabigarutseho ku wa Kane, tariki 23 Ugushyingo 2023, ubwo yari ageze i Kigali.

Yagize ati “Nishimiye kugaruka mu Rwanda. Ni igihugu nkunda, kuko twakiniye hano muri CHAN (mu 2016). Hamwe na Rayon Sports n’ubunararibonye bwanjye, nzakora ibishoboka byose.”

Uyu mukinnyi yakomeje avuga ko muri icyo gihe yarebye umukino w’u Rwanda agakunda imikinire yarwo.

Ati “Narebye umukino w’u Rwanda muri CHAN, nararukunze, nakunze uburyo abakinnyi barwo bakina.”

Alsény Camara yavuze ko ibiganiro byarangiye ku mpande zombi ndetse yakwishimira kuzamara igihe kinini muri Murera kandi ko azakora ibishoboka byose agatanga umusaruro.

Ati “Yego [ibiganiro byararangiye]. Byaterwa n’ikipe, njye nakina hano igihe cyose, yaba imyaka ibiri, imyaka itatu. Abafana ba Rayon Sports nababwira ko ndi umukinnyi ufite ubunararibonye kandi nzakora ibishoboka.”

Uyu rutahizamu w’imyaka 28, ni umwe mu bo Rayon Sports iteganya gushingiraho mu mikino yo kwishyura ya Shampiyona nyuma y’aho Musa Esenu ari gusoza amasezerano kandi ashobora kutazayongererwa.

Alsény Camara yakiniye amakipe atandukanye nka Kaloum na Horoya AC iwabo muri Guinée, ASAC Ndiambour, Sacré-Coeur na Guediawaye FC muri Sénégal ndetse na Hassania d’Agadir yo muri Maroc.

telegram sharing button
whatsapp sharing button

 Yasuwe : 
Yavuzweho:

 

Rutahizamu wa Rayon Sports, Alsény Camara Agogo, yavuze ko yishimiye kongera kugera mu Rwanda, anizeza abafana b’iyi kipe kwitwara neza.

 

Uyu Munya-Guinée yabigarutseho ku wa Kane, tariki 23 Ugushyingo 2023, ubwo yari ageze i Kigali.

Yagize ati “Nishimiye kugaruka mu Rwanda. Ni igihugu nkunda, kuko twakiniye hano muri CHAN (mu 2016). Hamwe na Rayon Sports n’ubunararibonye bwanjye, nzakora ibishoboka byose.”

Uyu mukinnyi yakomeje avuga ko muri icyo gihe yarebye umukino w’u Rwanda agakunda imikinire yarwo.

Ati “Narebye umukino w’u Rwanda muri CHAN, nararukunze, nakunze uburyo abakinnyi barwo bakina.”

Alsény Camara yavuze ko ibiganiro byarangiye ku mpande zombi ndetse yakwishimira kuzamara igihe kinini muri Murera kandi ko azakora ibishoboka byose agatanga umusaruro.

Ati “Yego [ibiganiro byararangiye]. Byaterwa n’ikipe, njye nakina hano igihe cyose, yaba imyaka ibiri, imyaka itatu. Abafana ba Rayon Sports nababwira ko ndi umukinnyi ufite ubunararibonye kandi nzakora ibishoboka.”

Uyu rutahizamu w’imyaka 28, ni umwe mu bo Rayon Sports iteganya gushingiraho mu mikino yo kwishyura ya Shampiyona nyuma y’aho Musa Esenu ari gusoza amasezerano kandi ashobora kutazayongererwa.

Alsény Camara yakiniye amakipe atandukanye nka Kaloum na Horoya AC iwabo muri Guinée, ASAC Ndiambour, Sacré-Coeur na Guediawaye FC muri Sénégal ndetse na Hassania d’Agadir yo muri Maroc.

You Might Also Like

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

Muhire Jimmy November 23, 2023 November 23, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Iyobokamana

Padiri Ntagungira yagizwe Umwepiskopi wa Diyosezi ya Butare

August 12, 2024
Imyidagaduro

Rusine ari mu rukundo n’ikizungerezi bateganya kubana

February 10, 2024
Iyobokamana

Cardinal Antoine Kambanda yerekeje i Vatican

April 23, 2025
Andi makuru

Munyangaju Aurore Mimosa yagizwe Ambasaderi muri Luxembourg

October 19, 2024
Andi makuru

Tchad : Ishyaka FPL ryamaganye igitekerezo cyo kohereza ingabo muri RDC

February 21, 2025
Imyidagaduro

Dr Mukeshimana Geraldine wahoze ari Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Rwanda, yagizwe Visi Perezida wa IFAD

August 1, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?