SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuraperi Snoop dogg yatunguye benshi atangaza ko yaretse urumogi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umuraperi Snoop dogg yatunguye benshi atangaza ko yaretse urumogi
Imyidagaduro

Umuraperi Snoop dogg yatunguye benshi atangaza ko yaretse urumogi

Gossip Kigali
Last updated: 2023/11/17 at 11:02 AM
Gossip Kigali
Share
2 Min Read
SHARE

Umuraperi   Snoop Dogg  uzwi  amazina ye nyakuri nka  Calvin Broadus yatunguye  abafana be  ku mbuga  nkoranyambaga  abasaba   kubaha ubuzima bwe  kandi  yabivuze atekanye nta gihunga afite  .

Uyu muraperi  wari  uzwiho gukunda  ikiyobyabwenge  cy’urumogi kuri uyu wa kane nibwo  yatunguye  benshi atangaza ko yaruretse ibintu benshi bafatanga nk’ibidashoboka .

Abinyujije  ku rubuga rwe rwa X na Instagram  Snoop  Dogg  yagize  ati nyuma  yo kubitekerezaho ndetse  no kuganira  n’Umuryango wanjye  nahisemo  kureka kunywa Urumogi  nyamuneka  ndabasabye mwubahe ubuzima bwanjye .

Nkuko tubikesha ikinyamakuru nbcnews.com ,nyuma y’ubu butumwa, benshi ntabwo bemeye koko ko uyu muraperi yavuze ibi akomeje. Hari nk’uwamusubije kuri X ati “Uyu munsi ntabwo ari umunsi wo kubeshya Snoop.’’

Abandi bavuze ko bibaye byaba ari byiza kuko yaba ahaye agahenge ibihaha bye.

Snoop Dogg mu rugendo rwe rw’umuziki azwi nk’umwe mu bahanzi badatana no kunywa urumogi mu binyecumi byashize.

Kuva mu 2015 ni umwe mu binjiye mu bushabitsi bw’urumogi binyuze muri ‘Leafs by Snoop’. Snoop yatangiye ashinga umuryango wa Casa Verde Capital yashoyemo miliyoni 25$ ukorana n’ibigo bikiri bito mu bijyanye n’ubucuruzi bw’urumogi.

Uyu muraperi yari aherutse gushinga urubuga yise ‘MerryJane’ rucururizwaho Cannabis[urumogi] atunganya.

Uyu mugabo ni umwe mu baraperi bamaze igihe kirekire bakora umuziki muri Amerika, yatangiye kumenyekana guhera mu 1992.

https://www.instagram.com/p/CztuhospV_w/?utm_source=ig_web_copy_link

You Might Also Like

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

King Promise yasangije urugendo rwe mu muziki abana bafashwa na Sherrie Silver Foundation

The Ben ,Diamond ,Bebe Cool na Eddy Kenzo bayuze abaitabiriye igitaramo cya Coffe Marathon UG (Amafoto

Gossip Kigali November 17, 2023 November 17, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Perezida Kagame yitabiriye inama ihuza Arabie Saoudite na Afurika

November 10, 2023
Imyidagaduro

Piano The Grooveman yasinye muri Studio y’umuhanzi Ricky Password

May 10, 2024
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Visha Keiz yashyize hanze indirimbo yise Nyash asaba abakunzi be kumushyigikira

January 17, 2023
Utuntu n'utundi

Perezida Félix Tshisekedi yayoboye inama Nkuru y’umutekano igitaraganya kubera M23

February 6, 2024
Ikoranabuhanga

Skol na Orion BBC biyemeje gutera ibiti 6000 mu bukangurambaga bwa OneShootOneTree

January 11, 2024
Andi makuru

Sergeant Minani Gervais ushinjwa kwica abantu 5 yatangiye kuburanishwa

December 3, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?