SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzikazi Visha Keiz yashyize hanze indirimbo yise Nyash asaba abakunzi be kumushyigikira
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzikazi Visha Keiz yashyize hanze indirimbo yise Nyash asaba abakunzi be kumushyigikira
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Visha Keiz yashyize hanze indirimbo yise Nyash asaba abakunzi be kumushyigikira

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/17 at 3:18 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuhanzikazi Uwayezu Sylvie  umaze kumenyekana kw’izina rya Visha keiz muri Muziki  ni umukobwa watangiye mu mzuik ye ahagana mu myaka  itatu ishize aho yakunzwe kwigaragaza nk’umukobwa  uzi kubyina ariko  inzira y’ubwamamare bwe ikagenda ikomwa mu nzira n’inzitizi nyinshi nyuma yo gukora my way n’izindi nyishi  yashize hanze indirimbo nshya yise  Nyash yakoranye n’umuhanzi w’Umugande  Red Q .

Mu kiganiro kigufi   na Ahupa  Visual Radio uyu mukobwa ubu  uri kubarizwa mu Rwanda   ubwo yatugezagaho amashusho y’iyo ndirimbo   yadutangarije ko  ubu ari hano  I kiali aho yaje gukomereza ibikorwa bye bya muzika ndetse  n’ubundi buhabitsi busanzwe bumufasha kuba yakwikorera  bimwe mu bihangano bye  .

Visha  Keiz  yakomeje agira ati indirimbo yitwa “Nyash” iri mu njyana ibyinitse yakorewe mu gihugu cya Uganda, itunganywa n’abahanga bo muri icyo gihugu.

Visha Keiz avuga ko yakoranye na Red-Q uri mu bahanzi bagezweho muri Uganda nyuma yo guhurira kenshi mu bitaramo muri kiriya gihugu. “Nyuma yo kumubonamo ubuhanga twifuje gukorana.”

 

Avuga ko yiteze umusaruro muri iyi ndirimbo yakozwe mu buryo bw’amajwi na Aban Beats na Sydney Wala watunganyije amashusho yayo.

Uyu muhanzikazi avuga ko gukorana n’abahanzi bo muri Uganda biri gutuma umuziki nyarwanda urenga imipaka ukajya no mu bihugu by’abaturanyi akaba afite icyizere ko nawe bizamuhira.

Mu gusoza  icyo kiganiro  Visha Keiz  yasabye abakunzi be gukomeza kumushyigikira kuko uyu mwaka  ari uwo gukora cyane  akaba abijeje ko mu minsi ya vuba  azabagezaho iznidi ndirimbo ze  harimmo izo yakoranye n’abahanzi batandukanye ba hano mu Rwanda.

 

 

 

 

You Might Also Like

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Itorero Intayoberana ryunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi bashyinguye mu rwibutso rwa Kigali

Nsanzabera Jean Paul January 17, 2023 January 17, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Ese Omborenga Fitina yamaze kwamburwa burundu inshingano zo kuba kapiteni wa APR FC?

January 19, 2024
Andi makuru

Ingabo za Gen. Abdel Fattah Burhan zigaruriye Khartoum yose

March 27, 2025
Andi makuru

Abafana 5 ba APR FC bakomerekeye mu mpanuka berekeza muri Tanzania

August 15, 2024
Andi makuru

Visi Perezida Riek Machar wa Sudan y’Epfo arafunze

March 27, 2025
Imikino

Umutoza Robertinho yajyanye Rayons Sport muri Ferwafa kubera ideni imurimo

May 14, 2025
Imikino

CECAFA U18: U Rwanda rwasezerewe na Uganda muri ½

December 5, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?