SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Rumaga ,Ruti Joel, Itorero Inyamibwa na Shauku Band bijeje ibintu byiza abazitabira igitaramo Kigali Kulture Konnekt .
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Rumaga ,Ruti Joel, Itorero Inyamibwa na Shauku Band bijeje ibintu byiza abazitabira igitaramo Kigali Kulture Konnekt .
Imyidagaduro

Rumaga ,Ruti Joel, Itorero Inyamibwa na Shauku Band bijeje ibintu byiza abazitabira igitaramo Kigali Kulture Konnekt .

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/11/14 at 7:32 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
5 Min Read
SHARE

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere   tariki ya 13 Ugushyingo 2023 muri Kigali Conference and Exhibition conferenge habereye ikigali n’itangazamkauru cyari cyateguwe na Ma Africa   iri gutegura igitaramo cyiswe Kigali culture Konnekt kigiye kuba ku nshuro yacyo bwa mbere mu Rwanda .

Icyo kiganiro cyari kitabiriwe n’abanyamakuru benshi bafite aho bahuriye n’imyidagaduro ndetse n’abahanzi bazagitaramamo harimo Umusizi Rumaga ,Shauku Band ,Itorero Inyamibwa ndetse na  Chief Emma uzategura amafunguro ya Kinyarwanda  muri icyo gitaramo .

Icyo kiganiro cyari kiyobowe na Nzeyimana Luckman umunyamakuru kuri RBA  yatangiye ashimira abanyamakuru bitabiriye icyo kiganiro ubutwari bakomeje kugaragaza mu guteza imbere imyidagaduro mu Rwanda .

Mu ijambo rye  Emma  Ngayaboshya  umutetsi wabigize umwuga yabanje gushimira  Ma Africa yatekereje gutegura igitaramo  cya Kigali Kulture Konnekt kizajya gihuza abahanzi batandukanye mu rwego rwo gukomeza gusigasira umuco w’ibihugu by’afurika ndetse n’isi yose .

Uyu mugabo uzaba yateguriye  amafunguro yo kurya atetse Kinyarwanda yamenyekanye cyane mu gutegura igitaramo bita Intango Cultural night kirangwa no gusangira amafunguro ya Kinyarwanda.

Yavuze ko muri ki gitaramo cya  Kigali Kulture Konnekt azaba yateguriye abazakitabira amwe mu mafunguro ya Kinyarwanda mu rwego rwo gukomeza kumenyekanisha umuco wo kurya ibyi iwacu kandi avuze ko ari umwanya mwiza wo kwereka abakiri bato uko abasekuru bacu baryaga kera  .

Uwari uhagarariye itorero inyamibwa Rodrigue  Rusagara we yavuze ko bishimiye nabo kuba barabahisemo nk’itorero inyamibwa kugira ngo bazatamire abanyarwand amuri kiriya gitaramo bikab ai ibya gaciro cyane  kuribo kandi biteguye kuzatanga ibyo bafite byose kugira abakunzi babo bishime .

Yongeyeho kandi kubera intego ya Ma Africa itegura Kigali Kulture konnekt yo guhuriza hamwe imico itandukanye yo mu bihugu bitandukanye nabo biteguye kuzataramira abazitabira mu mbyino ziganjemo imico yo mu bindi bihugu by’Afurika mu gihe bataratangira kujya batumira abandi bahanzi n’amatorero yo mu bindi bihugu .

Umusizi Rumaga  mu Kinyarwanda kizimije we yavuze ko iki gitaramo ari intango nyo kugagaragaza umuco wacu aho yagize ati “ Ubundi umuco ni nk’ubukwe iyo bigeye mu bwinshi bihinduka ikibi .yavuze ko nubwo twinjiwemo n’imico yahandi atariko bimeze akaba ariyo mpamvu y’iki gitaramo.

Yagize ati “ Kigali Kulture Konnekt ni ihuriro ry’umuco nyafurika by’umwihariko nubwo umuco wo hanze nawo uzageraho ukagerwaho ariko uzaba ufite isoko mu Rwanda  by’umwihariko muri Kigali ai naho havuye icyo gitekerezo  cyavuye .

Rumaga yavuze kuri Ma Afica iri gutegura iki gitaramo bishatse kuuuga Mama Africa  cyangwa nyina w’Inganzo nyafurika ,bitaba bibatera umunezero kuna nyina w’inganzo nyafurika yaba mu Rwanda .

Uyu musizi  nyuma yo gusobanura byinshi kuri  iki gitaramo yavuze kandi ko bitaba byoroshye gutegura igitaramo nkiki nubwo muri iyi minsi Leta y’U Rwanda iri gukorsha uko ishoboye ikorohereza bahanzi nyarwanda mu bijyanye no kwiteza imbere .

Rumaga kandi yavuze ko kuba Ma Africa yarahisemo bano bahanzi ngo abe aribo bazataramira abanyarwanda ndetse na bandi bazitabira Kigali Kuluture konekt naho bibeshye kuko ari Ruti Joel uretse kuba ari kwitegura ibitaramo bibiri nawe yamaze kwitegura naku itorero inyamibwa  yahamije ko ari rimwe mu matoero meza mu Rwanda  kandi atabishindikanyaho , ku itsinda rya Shauku Band yavuze ko ari bamwe mu basore bakomeje kugaragaza ubuhanga bwabo kuko  bafite ubushobozo bwo gucuranga mu njyana gakondo ndetse n’izindi njyan ibintu yizera ko bizanezeza abanyarwanda  cyan kuri uriya munsi .

Mu gusoza yijeje abanyarwanda  ko uriya munsi bazataha banyuzwe cyane kandi ko batagomba kuzagira ikibazo cy’amasaha kuko gahunda bamaze kuyitegura neza .

Uwavuze mu izina rya  Shauku Band Nkomeza alex nawe mu magambo makeya yashimiye ubuyobozi bwa Ma Africa kubw’icizere babagiriye anashimira itangazamakuru ridahwema kubaba hafi cyane ibihe byose  ,yavuze muri ki gitaramo biteguye  kuzabaririmbira  bigashyira kera ahubwo asaba banyarwanda kuzitabira ari benshi kuko byinshi  babahishiye bikiri mu gaseke gapfundikiye .

Biteganyijwe ko Igitaramo Kigali Kulture Konnekt Kizaba tariki 24 Ugushyingo mu ihema rinini ryo muri Kigali  Conference & Exhibition Village ahazwi nka camp Kigali  kuva I saa kumi imiryango ikaza ifunguye ahokwinjira bizaba ari 5000 Frw  ahasanzwe ,10.000 frw  Muri VIP,25.000 muri VVIP naho ameza y’abantu 6 akaba ari ibihumbi 200.000.

Uwifuza kugura itike  ubu yanyura ku rubuga rwa www.maafrica.rw :www.maafrica.rw cyangwa kuri kode numero 113355

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul November 14, 2023 November 14, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Amashimwe menshi kuri Dj Brianne nyuma yo kurokoka Impanuka ava I Rusizi

October 14, 2024
Andi makuru

Major Gashirahamwe w’umurundi waguye mu mirwano ya M23 yashyinguwe

November 17, 2023
Imyidagaduro

Miss Nishimwe Naomie yahinyuje amakuru avuga ko agiye kurushinga

May 10, 2023
Imyidagaduro

Mr Kagame yasinye mu nzu nshya igomba kumufasha ya BMR yo muri Amerika

February 6, 2025
Imyidagaduro

Kendo yahuje imbaraga na Racine bashyira hanze indirimbo bise “Keza” (Video)

January 26, 2023
Imyidagaduro

Bwiza yashimye ibyiza Perezida Kagame ibyo yafashije abahanzi ku isabukuru ye

October 24, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?