SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame na Tshisekedi barahurira mu nama muri Congo Brazzaville
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Kagame na Tshisekedi barahurira mu nama muri Congo Brazzaville
Andi makuru

Perezida Kagame na Tshisekedi barahurira mu nama muri Congo Brazzaville

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/10/28 at 2:37 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Congo, Félix Tshisekedi,batumiwe na mugenzi wabo   wa Repubulika ya Congo, Denis Sassou Nguesso, mu nama ibera mu mujyi wa Brazzaville.

Ni inama yiga  kurusobe rw’ibinyabuzima n’amashyamba iri kubera mu kigo cy’Inama Mpuzamahanga cya Kintélé yatangiye guhera ku wa 26 kugeza ku wa 28 Ukwakira 2023.

Ikinyamakuru Jeune Afrique  cyivuga ko usibye Perezida Kagame na Tshisekedi,iritabirwa kandi na Perezida wa Gabon Brice Oligui Nguema,abandi Bakuru b’Ibihugu 10, abavuga rikumvikana ku rwego mpuzamahanga ndetse n’abandi barenga ibihumbi 3000.

Ikinyamakuru Daily Nation cyo muri Kenya, cyemeje ko William Ruto yamaze kugera muri Congo Brazzavile muri iyi nama yitabirwa n’ibihugu 37.

Muri iyi nama harashyirwa ibuye fatizo ahazubakwa ikigo cyo kubungabunga uruzi rwa Amazon (Amerika), uruzi rwa Congo (Afurika), n’urwa Bornéo-Mekong , (Asia), ahabarizwa urusobe rw’ibinyabuzima hafi ku kigero cya 80% ku Isi muri gahunda yo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe.

Imyanzuro ifatirwa muri iyi nama ikazasuzumwa kandi mu nama mpuzamahanga yiga ku ihindagurika ry’ibihe  ya COP28 izaba mu mpera z’ukwezi ku Ugushyingo uyu mwaka i Dubai.

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul October 28, 2023 October 28, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Utuntu n'utundi

Twagiramungu Faustin wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yitabye Imana ku myaka 78.

December 2, 2023
Imyidagaduro

Urugendo rwa Dj Jaba wifuza kugera ku rwego mpuzamahanga

May 1, 2024
Imyidagaduro

Umushoramari West ufite akabari ka El Classico yatunguwe n’inshuti ze ku isabukuru ye (Amafoto)

March 19, 2024
Imyidagaduro

Alyn Sano,Levixone, Daddy Andre na Wyre bibagije abanyarwanda imbeho mu gitaramo cya Kigali Jazz Junction(Amafoto )

April 1, 2023
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Adele yatangaje ko agiye guhagarika kuririmba

September 3, 2024
Andi makuruImyidagaduro

Alyn Sano yishimiwe nabitabiriye iserukiramuco rya Vic Falls Carnival’ryabereye muri Zambia

May 5, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?