SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: DJ KasBaby azataramira abazitabira ibirori byo gusoza irushanwa rya ‘Mützig Amabeats
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > DJ KasBaby azataramira abazitabira ibirori byo gusoza irushanwa rya ‘Mützig Amabeats
Imyidagaduro

DJ KasBaby azataramira abazitabira ibirori byo gusoza irushanwa rya ‘Mützig Amabeats

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/10/17 at 11:14 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Mu gihe habura masaha atageze kuri  72  ngo hasozwe irushanwa rya ‘Mützig Amabeats’  rigaragaza umudj  wahize  abandi bahatanye mu kuvanga imiziki, hatumiwe DJ KasBaby kugira ngo azasusurutse abakunzi b’umuziki bazitabira ibi birori.

DJ KasBaby ni umwe mu bavanga imiziki bafite izina rizwi mu Mujyi wa Kampala, aho acuranga mu tubyiniro nka Thrones Kampala na Cielo Lounge.

Dj Lenzo, Dj Yolo, DJ Dallas, Dj Kavori na DJ Noodlot ni bo batanu bari guhatana mu irushanwa rya ‘Mützig Amabeats’ risanzwe ribitswe na Selekta Danny waryegukanye umwaka ushize.

Byitezwe ko umu-DJ uzegukana umwanya wa mbere azamara umwaka ari Brand Ambassador wa Mützig, ahabwe amasezerano ahwanye na 18.000.000 Frw mu byiciro n’ibikoresho bifite agaciro ka miliyoni 5 Frw.

Uwa kabiri azahabwa amasezerano y’umwaka umwe afite agaciro ka miliyoni 12 Frw n’ibikoresho bifite agaciro ka 2.500.000 Frw. Uwa gatatu azahembwa 2.500.000 Frw.

Irushanwa “Mützig Amabeats” rihuriza hamwe abavanga imiziki batandukanye biganjemo abakizamuka mu Rwanda.

Ryatangijwe n’uruganda rwenga Ibinyobwa bisembuye n’Ibidasembuye, Bralirwa Plc. Rigamije kuzamura abafite ubuhanga mu kuvangavanga umuziki bari hirya no hino mu Rwanda binyuze mu bukangurambaga bwiswe “Never Stop Starting.”

biteganyijwe  ko irushanwa rya ‘Mützig Amabeats risazozwa kuri uyu wa gatandatu tariki ya 14 Ukwakira kuri Camp kigali aho kwinjira ari 5000Frw  ukayanywamo ikinyobwa wifuza .

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul October 17, 2023 October 13, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Umunyarwenya wamamaye ku rubuga rwa TikTok nka 2Pac yitabye Imana

March 31, 2023
Imyidagaduro

Kwibuka 29 :Limu na M Racheal bahumurije abacitse kw’icumu rya Jenoside yakorewe abatutsi mu ndirimbo bise Turi Abavandimwe

April 10, 2023
Andi makuru

Perezida wa Latvia, Edgars Rinkēvičs, yakiriye ku meza Perezida Paul Kagame (Amafoto)

October 3, 2024
Andi makuru

Diva Beauty Awards igiye kwongera kuba ku nshuro yayo ya 2

August 7, 2024
Kwamamaza

Kaizen Hotel yashyize igorora abakiliya bayo ba siporo na sauna Massage

April 30, 2025
Imyidagaduro

Marchal Ujeku avuga ko umuziki uri mu byatumye agera aho ageze ubu

February 6, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?