SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Victor Rukotana yanyuze abakunzi be mu gitaramo cye yise”Dutarame u Rwanda’
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Victor Rukotana yanyuze abakunzi be mu gitaramo cye yise”Dutarame u Rwanda’
Imyidagaduro

Victor Rukotana yanyuze abakunzi be mu gitaramo cye yise”Dutarame u Rwanda’

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: September 23, 2023
Share
SHARE

Ku mugoroba wo kuri uy Gatanu tariki 22 Nzeri muri Onomo Hotel Umuhanzi Victor Rukotana yashimishije benshi muri gahunda yatangije ihoraho y’ibitaramo by’injyana gakondo bigamije gutanga umusanzu mu kuyiteza imbere no kwigisha abantu ibijyanye n’Umuco Nyarwanda

Icyo gitaramo cyitabiriwe na benshi mu byamamare cyabimburiye ibitaramo ateganya bizajya biba kabiri mu kwezi.

Muri ibi bitaramo afatanya n’abarimo Rass Kayaga, Abamararungu Group n’abandi bahanzi bazwi mu muziki gakondo. Ibi bitaramo yabyise “Dutarame u Rwanda’’.

Igitaramo cyabanjirije ibindi yari yatumiye abahanzikazi Ange na Pamella ndetse na Massamba Intore ari nawe wahaye umugisha ibi bitaramo nk’umwe mu bafashije uyu muhanzi ubwo yatangiraga umuziki.

Aba bahanzi bose bakumbuje abantu indirimbo gakondo cyane ko arizo basanzwe bazwiho. Uretse indirimbo ariko havuzwe n’amazina y’inka benshi bishimira ubuhanga byakozwemo

Victor Rukotana nyuma y’igitaramo yadutangarije  ko impamvu we n’abari kumufasha bahisemo gutangiza ibi bitaramo ari uko nta hantu hahari abantu bahurira ngo batarame, bace imigara, bige amateka y’igihugu, baririmba, bavuga imivugo n’amazina y’inka, baca imigani cyangwa ngo basakuze.

Ati “ ibi bitaramo  twabikoze kuko abantu muri iyi minsi abanyarwanda bihugiyeho badahura alkugira ngo batarame bungurane ibitekerezo ku bifitanye isano n’umuco wacu gakondo kandi ibyo na byo biba bikenewe cyane kugira ngo abari kubyiruka batazatakaza wa mwimerere wa Kinyarwanda.’’

“Indi ntego ni ugususurutsa abakuru, tugafasha abato gukunda Umuco binyuze mu gutarama tukiyibutsa gakondo yacu tukivuga imyato, tukarata Intwali.’’

Victor Rukotana yamenyekanye mu ndirimbo nk’Umudamazera, Love, Umubavu, Love, Akayama, Kideyo ni zindi nyinshi yagiye ahuriramo  nabandi bahanzi.

Nyuma y’igihe kirekire bataruhuka Riderman na Bull Dogg bijeje igitaramo cya amateka abakunzi ba Hip Hop
Iserukiramuco rya Iwacu na Muzika nyuma y’imyaka isaga itatu rigarukanye n’abaterankunga bashya barimo Inyange na Mtn Rwanda
Ku nshuro ya 2 irushanwa ry’Urutozi Gakondo rigarukanye impinduka nyinshi
Bimwe mu bikoresho byakoreshejwe muri Filime zakunzwe harimo na Titanic bigeye gutezwa cyamunara
Umunyarwenya Ramjaane Joshua yashinze ikipe yise ‘Ramjaane Foundation FC
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Wptglobal Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Best Bet Lightning Link Slots

February 25, 2025
Imyidagaduro

Tom Close yagiranye amasezerano na Zacu Tv yo kumukorera Filime ye

August 23, 2023

Betduel Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Aus Real Online Pokies

May 28, 2024

Online Casino Poker

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?