SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Igiciro cyo kwinjira mu gitaramo cya Boys II Men I Kigali cyavugishije abatari bake
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Igiciro cyo kwinjira mu gitaramo cya Boys II Men I Kigali cyavugishije abatari bake
Imyidagaduro

Igiciro cyo kwinjira mu gitaramo cya Boys II Men I Kigali cyavugishije abatari bake

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/08/17 at 5:39 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Nyuma yaho kompanyi ya East African Promoters itangarije ko iri gutegura igitaramo Cy’Itsinda y’ibihe byose rya Boys II Men I Kigali mu Rwanda abantu barabyishimiye cyane ndetse basaba ko amatike yatangira kugurishwa hakiri kare.

Mu masaha make ashize nibwo East African Promoters bashyize hanze ibiciro byo kwitabira Icyo gitaramo kizabera muri BK ARENA.bivugisha abantu batari bakeya ku mbuga nkoranyambaga.

amatike yashyizwe mu byiciro bitatu, iya make yashyizwe ku bihumbi 50 Frw mu gihe iyikurikira izaba igura ibihumbi 75 Frw naho iya menshi ikazaba ihagaze ibihumbi 100 Frw.

Iki ni kimwe mu bitaramo bihenze mu byateguriwe mu Rwanda cyane ko atari kenshi wabona itike iri ku giciro nk’iki, bikumvikanisha ubushongore n’ubukaka bw’itsinda rya ’Boys II men’ rizaba risusurutsa abakunzi b’umuziki.

Ku rundi ruhande ariko umuntu uzagura itike yo kwinjira muri iki gitaramo yifashishije ikarita ya ‘BK Arena Prepaid card’ azajya ahita ahabwa igabanyirizwa cya 30% ry’igiciro cya buri tike.

Byitezwe ko igitaramo cy’itsinda ’Boys II Men’ kizabera muri BK Arena ku wa 28 Ukwakira 2023.

P

You Might Also Like

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Itorero Intayoberana ryunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi bashyinguye mu rwibutso rwa Kigali

Chris Brown yaterewe muri yombi i Londres

The Ben na Kevin Kade bakiranywe urugwiro n’abakunzi babo i Kampala (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul August 17, 2023 August 9, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Abayobozi n’abakozi ba ADHI Ltd basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi (Amafoto )

April 19, 2023
Andi makuru

Abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC bagiye kongera kuganira ku kibazo cya RDC kuri uyu wa mbere

March 24, 2025
Imyidagaduro

Knowless yakumbuje abakunzi be indirimbo zo hambere harimo niyo yakoranye na Vampino

December 12, 2024
Imyidagaduro

Bushali, Chris Eazy, Bwiza, Afrique na Niyo Bosco, bagiye gutaramira i Burera muri MTN Iwacu Muzika Festival 

September 19, 2023
Andi makuru

Ingabo za SADC ziyemeje kurandura umutwe wa M23

May 6, 2024
Ubukungu

Umuhango wo kwita izina abana b’ingagi ugiye kuba ku nshuro ya 20

August 20, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?