SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Mukura yahurije hamwe abahanzi bakomeye mu birori byo kwizihiza imyaka 60 imaze ibayeho
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Mukura yahurije hamwe abahanzi bakomeye mu birori byo kwizihiza imyaka 60 imaze ibayeho
Imikino

Mukura yahurije hamwe abahanzi bakomeye mu birori byo kwizihiza imyaka 60 imaze ibayeho

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/07/27 at 10:07 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Ubuyobozi bw’ikipe ya Mukura VS iterwa inkunga n’Akarere ka Huye, buri gutegura ibirori byo kwizihiza Isabukuru y’imyaka 60 iyi kipe imaze ivutse.

Ubusanzwe ikipe ya Rayon Sports, ni yo yari isanzwe imenyereweho gukora ibirori bibanziriza shampiyona, aho yerekana abakinnyi izakoresha muri uwo mwaka w’imikino.

Indi kipe igiye gukora ibijya gusa n’iby’iyi kipe ikunzwe na benshi mu Rwanda, ni Mukura VS igiye gukora ibirori bikomeye byo kuzaba yizihiza Isabukuru y’imyaka 60 imaze ivutse.

Biteganyijwe ko ibi birori, bizaba tariki 5 Kanama 2023, kuri Stade mpuzamahanga ya Huye.

Ibiriori, bizabanzirizwa n’umukino uzayihuza na Geita Gold yabaye iya Karindwi umwaka ushizwe w’imino muri shampiyona ya Tanzania. Uyu mukino uzaba Saa cyenda z’amanywa.

Nyuma y’uyu mukino, hazaba hari abahanzi bazasusurutsa abazaba bitabiriye uyu muhango. Bamwe mu bahanzi bazasusurutsa abakunzi ba Mukura VS, harimo Juno Kizigenza, Chrisa Eazy, Bushali na Okkama.

Hazaba hari aba Djs barimo Dj Sonia. Umushyushya urugamba Mc Tino ni we uzaba ayoboye ibi birori.

Ibiciro byo kwinjira, byagizwe ibihumbi 2 Frw ahasanzwe, ibihumbi 5 Frw ahatwikiriye, ibihumbi 10 Frw na 15 Frw mu cyubahiro cy’ikirenga [V.VIP].

You Might Also Like

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul July 27, 2023 July 27, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Element EléeeH yahembuye imitima y’inkumi z’I Kampala zimurundaho amashilingi

November 28, 2024
Imyidagaduro

Itorero Inyamibwa ryateguje igitaramo cy’amateka cyatwaye arenga miliyoni 80

March 13, 2025
Iyobokamana

Aime Uwimana na Prosper Nkomezi batumiwe mu gitaramo cya Cross Over 2024 cyateguwe na Zion Temple

December 21, 2023
Imikino

Rwanda Premier League yahembye abakinnyi bitwaye neza.

January 17, 2024
KwamamazaUbukungu

Abagore bitabiriye ibirori bya El Classico Women Day bishimiye serivise bahawe

March 10, 2024
Imyidagaduro

Miss Uwera Ricky Tricia wabaye Miss Popularity w’u Burundi 2023 akomeje intego ze.

January 20, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?