SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Mu Rwanda hagiye gutangwa ibihembo bya Diva Beauty Awards 2023
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Mu Rwanda hagiye gutangwa ibihembo bya Diva Beauty Awards 2023
Imyidagaduro

Mu Rwanda hagiye gutangwa ibihembo bya Diva Beauty Awards 2023

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/07/04 at 12:03 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Abakora akazi kajyanye no gukora ibintu by’ubwiza mu Rwanda bazajya bahabwa ibihembo mu gikorwa kigiye kubaho ku nshuro ya mbere cyiswe Diva Beauty Awards.

Iki gikorwa cyateguwe na Diva House Beauty isanzwe ikora ibikorwa bitandukanye birimo kogosha, gusiga inzara, gukora tatouage, gusiga abakobwa ibirungo byo ku ruhu n’ibindi.

Niyikiza Olivier wateguye aya marushanwa ahemba abakora akazi ko guha ubwiza abantu avuga ko atazabikora wenyine ahubwo azafatanya n’abandi bakobwa b’ibyamamare barimo ‘Shaddy Boo, Vanessa Uwase Raissa, Keza Terisky, Marina Deborah n’abandi.’

Avuga ko ibi yabitekereje mu buryo bwo kugirango barusheho guteza imbere abakora ibintu bijyanye n’ubwiza mu Rwanda.

Ati ”Nsanzwe nkora ibijyanye no gusiga inzara, make up, kogosha n’ibindi. Nagiye mbona ukuntu aka kazi gakorwa nkabona rimwe na rimwe abagakora badahabwa agaciro aba ariyo mpamvu ntekereza ko mugihe nabonye ubushobozi nzajya mbaha igihembo cy’ishimwe buri mwaka. Ku buryo bazajya batorwa n’abakiliya babo.”

Ku nshuro ya mbere hazatangwa ibihembo ku wa mbere muri buri cyiciro habeho no guhemba ukunzwe kurusha abandi uzanahabwa ibindi bihembo harimo no kuzakorana n’izindi Company zamamaza ibikorwa by‘ubwiza.

Ku nshuro ya mbere hafashwe ibyiciro icyenda bizahembwa. Biteganyijwe ko gutora bizatangira taliki ya 25 Kamena 2023 bisozwe kuya 16 Nyakanga ari nabwo hazatangwa ibihembo.

Ibyiciro bihatanye

1 . Best Lash Artist

2 . Best Make up Artist

3 . Best Hair Artist

4 . Best Nails Artist

5 . Best Waxing, Massage and Facial Artist

6 . Best Tattoo Artist

7 . Best Barber

8 . Best Hair Saloon

9 . Most Popular

You Might Also Like

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

King Promise yasangije urugendo rwe mu muziki abana bafashwa na Sherrie Silver Foundation

The Ben ,Diamond ,Bebe Cool na Eddy Kenzo bayuze abaitabiriye igitaramo cya Coffe Marathon UG (Amafoto

Nsanzabera Jean Paul July 4, 2023 July 4, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Dr Ngirente Edouard yongeye kugirwa Minisitiri w’intebe

August 14, 2024
Andi makuru

Umunya-Tanzania Joshua Mollel wari warashimuswe na Hamas yishwe

December 14, 2023
Andi makuru

Bamporiki yakatiwe gufungwa imyaka 5

January 23, 2023
Imikino

Inzara iravuza ubuhuha muri bakinnyi ba Rayons Sport na staff yabo

May 13, 2025
Imyidagaduro

Menya Amateka n’ibigwi bya Bob Marle wibukwa nyuma y’imyaka 42 yitabye Imana

May 11, 2023
Imikino

Abaganga 7 bavuraga Diego Maradona batangiye kuburanishwa ku cyaha cyo kwica umuntu ku bushake

March 13, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?