SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: U Rwanda rwongereye amasezerano yo gukomeza kwakira imikino ya BAL
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > U Rwanda rwongereye amasezerano yo gukomeza kwakira imikino ya BAL
Imikino

U Rwanda rwongereye amasezerano yo gukomeza kwakira imikino ya BAL

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/06/19 at 10:27 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Ikigo k’igihugu gishinzwe iterambere mu Rwanda,RDB na Basketball Africa League (BAL) bongereye amasezerano y’ubufatanye mu gihe kingana n’imyaka 5, agomba gutuma imikino Nyafurika muri Basketball ikomeza kubera mu Rwanda.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 19 Kamena 2023 ,babinyujije kuri Twiter Basketball Africa League batangaje ko bo na RDB bongereye amasezerano y’imyaka 5.

Muri aya masezerano harimo kuba u Rwanda ruzakomeza kwakira imikino ya nyuma y’Afurika muri Basketball muri 2024,2026 ndetse na 2028. Ikindi kandi Visit Rwanda izakomeza kwamamaza muri iyi mikino ndetse na Rwanda Air izakomeza kuba umufatanyabikorwa mu bijyanye n’ingendo zo mu kirere.

Imyaka 3 yarishize muri BK Arena habera imikino ya nyuma ya BAL bigendeye n’ubundi ku masezerano u Rwanda rwari  rufitanye n’abategura iyi mikino .

Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa, avuze ko yishimiye kuba ari muri uyu muhango wo kongera amasezerano yo kwakira imikino ya BAL mu Rwanda mu gihe cy’imyaka 5, yiyongera ku imyaka 3 ishize yerekanye ko Basketball ari umukino mwiza kandi ukunzwe hano mu Rwanda.

Usibye ibyo kandi Umuyobozi wa RDB ,Claire Akamanzi yavuze ko ibyo  u Rwanda rukora ari mu rwego rwo gukurura Isi yose mu bijyanye n’ubukerarugendo ndetse no kurumenyekanisha Isi hose.

 

You Might Also Like

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul June 19, 2023 June 19, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ubuzima

Nyiramandwa wari inshuti ya Perezida Kagame yitabye Imana

December 30, 2022
Imyidagaduro

Orchestre Impala n’abakunzi bayo basuye urwibutso rwa Gisozi bunamira inzirakarengane zirushyinguyemo

May 14, 2024
Imikino

Perezida wa Sunrise FC Hodari Hilary yarekuwe!

December 29, 2023
Imyidagaduro

The Ben yiyongereye mu ndirimbo Folomiana ya Kevin Kade na Chriss Eazy

April 24, 2025
Imyidagaduro

Abantu ntibari kuvuga rumwe ku mafaranga asabwa ngo bazarebe ubukwe bwa The Ben na Pamella .

November 8, 2023
Andi makuruUbuzima

Urwandiko rwa UMUHIRE CHRISTELLA rusaba guhinduza amazina

April 6, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?