SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Jay Z na Beyonce bakoze amateka bagura inzu ya kabiri ihenze muri Amerika yose
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Jay Z na Beyonce bakoze amateka bagura inzu ya kabiri ihenze muri Amerika yose
Imyidagaduro

Jay Z na Beyonce bakoze amateka bagura inzu ya kabiri ihenze muri Amerika yose

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/05/23 at 12:06 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Beyonce na Jay-Z  bakoze amateka yo kuba abantu  ba mbere baguze  imitungo itimukanwa  ihenze cyane  muri California nyuma yo kugura inzu  ifite agaciro ka Miliyoni 200 .

Aba bahanzi baririmbye bazwi cyane  mu ndirimvo Crazy In Love  Beyonce Knowless w’Imyaka 41  n’Umugabo we  Jayz  w’Imyaka 53  iyi nzu  nziza  cyane kandi  iherereye  mu gace gatuwemo n’ibyamamare byinshi kandi bikomeye ka Malibu  muri  Leta  ya  California  ifite agaciro  ka Miliyoni 200 bituma ariyo nzu iza ku mwanya wa Mbere  ihenze  muri ako gace  gatuwemo n’ibyamamare  nkuko tubikesha  Ikinyamakuru TMZ

Ibi  bikomerezwa muri muziki mpuzamahanga byari bisanzwe bifite indi nzu y’akataraboneka  muri Calfornia mu gace kitwa Bel Air ariko kugeza ubu nibo babaye  aba mbere baguze inzu  ihenze  nyuma yo gukura kuri uwo mwanya   umuherwe w’umushoramari  witwa  Marc Andreessen nawe  wari warahaguze inzu  iruhande ya miliyoni 177 z’amadolari mu 2021.

Iyi nzu iri kubutaka bwa Metero kare  300 niyo nzu ya  kabiri ihenze muri Leta zunze ubumwe z’Amerika nyuma y’inzu y’umuherwe hedge Ken Griffin  yaguzwe  Miliyoni 238 mu mwaka wa 2019 ikaba iherereye   muri parike yo mu majyepfo  ya New York .

Jay  Z na  Beyonce bemeye kugura iyi nzu kuri iki giciro  nyuma  y’uko  bari babanje kubaca miliyoni 295  ariko bakabyanga bikaba biteganyijwe ko aba bombi iyo nzi y’akataraboenka  bazayibanmo  n’abana babo batatu ,Imfura  Blue  Ivy Carter w’Imyaka  11  n’Impnaga zabo  Rumi na  Sir  bafite  imyaka  5.

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul May 23, 2023 May 22, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Aba Tanzania ntibavuga rumw ku kibumbano cya Tanzania cyashyizwe ku kicaro cya AU

February 19, 2024
Andi makuru

Inama ya Guverinoma yemeje izamurwa ry’umusoro ku nzoga n’itabi

February 10, 2025
Imyidagaduro

Ndimbati yongeye guhamagarwa muri RIB

August 25, 2023
Utuntu n'utundi

Umugore wa Kendrik Lamar yagaragaye mu Biryogo

December 6, 2023
Imyidagaduro

Urugendo rwa Dj Jaba wifuza kugera ku rwego mpuzamahanga

May 1, 2024
Andi makuru

Madamu Mushikiwabo yakiriwe mu biro na Col Doumbouya

January 9, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?