SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Georgina Rodriguez yanyomoje amakuru avuga ko we na cristiano batabanye neza
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Georgina Rodriguez yanyomoje amakuru avuga ko we na cristiano batabanye neza
Imyidagaduro

Georgina Rodriguez yanyomoje amakuru avuga ko we na cristiano batabanye neza

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/04/28 at 2:45 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Mu minsi ishize mu itangazamakuru ritandukanye hagiye humvikanano amakuru avuga ko mu rugo rwa  Rutahizamu wa Al Nassr  Cristiano na  Georgina Rodriguez  ibintu bitifashe neza mu rukundo rwa rwabo .

Nyuma y’uko ao makuru akomeje kuvugwa cyane ariko abo bombi ntibagire icyo bavuga kubibavugwa, Uyu munyamideli uri mu bakunzwe cyane  kw’isi Georigina Rodriguez we  yafashe iy ambere agira  icyo atangaza kugira akureho amzimwe ari kubavugwaho .

Georgina Rodriguez, mu buryo bwe bwite, yagize icyo avuga ku bihuha bimaze iminsi bivugwa, bikavuga ko uyu munyamideri  n’umukunzi we Cristiano Ronaldo, ruri kurara rushya bwacya rukazima.

Uyu mugore yitabaje amagambo yo mu ndirimbo ‘Si yo muero’ ya Romeo Santos, agira ati: “Umunyeshyari ahimba ibihuha, umunyamazimwe akabikwirakwiza kandi umuswa arabyemera”.

Georgina ntabwo yigeze ahakana amakuru ayo ari yo yose ku mbuga nkoranyambaga ze.

Ariko, kuriyi nshuro, ibihuha bimaze gukomera cyane bivuga ko uyu mugore akunze kurwanya ibintu byose bitangazwa ku bijyanye n’umubano we n’umukinnyi wa Portugal ukinira ikipe ya Al Nassr muri Saudi Arabia.

 

 

You Might Also Like

Bushali ,Muhinde, Umushumba barishimiwe cyane mu gitaramo baherutse gukorera I Musanze (Amafoto)

Bishop Gafaranga yatawe muri yombi na RIB

Iserukiramuco rya ‘Oldies Music Festival’uyu mwaka rizarangwa n’udushya twinshi

P Diddy agiye kuburanishwa mu mizi

Jose Chameleon yasubukuye igitaramo afite I Kigali

Nsanzabera Jean Paul April 28, 2023 April 28, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Twitter yatangiye gusubiza Blue Tick Abafite ababakurikira miliyoni

April 24, 2023
Utuntu n'utundi

Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza yasabiwe gufungwa imyaka 10

March 20, 2024
Andi makuru

Kwibuka31: Guverineri wa Leta ya Texas yakomoje kw’ isomo Abanyamerika bakwiye kwigira kuri Jenoside yakorewe Abatutsi

April 9, 2025
Imyidagaduro

Jennifer Lopez na Ben Affreck bemeranyije gutandukana burundu

January 7, 2025
Andi makuru

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatoye umwanzuro ujyanye no Kwibuka 29

March 29, 2023
Andi makuru

Lisanne Ntayombya yagizwe Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe Porotokole ya Leta muri Perezidansi

April 6, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?