SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Georgina Rodriguez yanyomoje amakuru avuga ko we na cristiano batabanye neza
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Georgina Rodriguez yanyomoje amakuru avuga ko we na cristiano batabanye neza
Imyidagaduro

Georgina Rodriguez yanyomoje amakuru avuga ko we na cristiano batabanye neza

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/04/28 at 2:45 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Mu minsi ishize mu itangazamakuru ritandukanye hagiye humvikanano amakuru avuga ko mu rugo rwa  Rutahizamu wa Al Nassr  Cristiano na  Georgina Rodriguez  ibintu bitifashe neza mu rukundo rwa rwabo .

Nyuma y’uko ao makuru akomeje kuvugwa cyane ariko abo bombi ntibagire icyo bavuga kubibavugwa, Uyu munyamideli uri mu bakunzwe cyane  kw’isi Georigina Rodriguez we  yafashe iy ambere agira  icyo atangaza kugira akureho amzimwe ari kubavugwaho .

Georgina Rodriguez, mu buryo bwe bwite, yagize icyo avuga ku bihuha bimaze iminsi bivugwa, bikavuga ko uyu munyamideri  n’umukunzi we Cristiano Ronaldo, ruri kurara rushya bwacya rukazima.

Uyu mugore yitabaje amagambo yo mu ndirimbo ‘Si yo muero’ ya Romeo Santos, agira ati: “Umunyeshyari ahimba ibihuha, umunyamazimwe akabikwirakwiza kandi umuswa arabyemera”.

Georgina ntabwo yigeze ahakana amakuru ayo ari yo yose ku mbuga nkoranyambaga ze.

Ariko, kuriyi nshuro, ibihuha bimaze gukomera cyane bivuga ko uyu mugore akunze kurwanya ibintu byose bitangazwa ku bijyanye n’umubano we n’umukinnyi wa Portugal ukinira ikipe ya Al Nassr muri Saudi Arabia.

 

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul April 28, 2023 April 28, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Ihuriro rya AFC na M23 byiyemeje kugarura ubuzima bwiza muri Goma mu masaha 48

January 30, 2025
Imyidagaduro

Indirimbo Best Friend yasibwe kuri youtube n’abantu bataramenyekana

November 28, 2024
Andi makuruKwibuka

Kwibuka30 :Umurenge wa Gitega abarokotse bahishuye uko bishwe urwagashinyaguro

April 14, 2024
Imyidagaduro

ZeoTrap,Bushali,Nel Ngabo,Ariel wayz na Kevin Kade binjije abanyamusanze muri noheli neza

December 27, 2024
Imyidagaduro

Dj Sonia na Bwiza bahataniye ibihembo muri Zikomo Africa Awards 2024

October 9, 2024
Imyidagaduro

Dosiye ya Fatakumavuta yashyikirijwe Ubushinjacyaha

October 24, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?