SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Shakira yabonye inzu yo kubamo ku kirwa cya (Fisher Island) muri Miami
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Shakira yabonye inzu yo kubamo ku kirwa cya (Fisher Island) muri Miami
Imyidagaduro

Shakira yabonye inzu yo kubamo ku kirwa cya (Fisher Island) muri Miami

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/04/27 at 10:31 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Colombia  nyuma yahoo mu tariki ya  4 Kamena  2022 aba bombi batagarije ko batandukanye   , uyu  muhanzi n’abane be bahise bimuka  muri esipanye bajya gutura muri Amaerika aho uyu  mugore yabanje kuba muri hotel ashakisha inzu nziza  yabamo n’umuryango we  .

Kugeza ubu uyu mugore  nyuma y’igihe kinini yiruka  muri imwe mu mijyi ikomeye muri leta zuznze ubumwe z’amerika ashakisha inzu ,aharavugw ako   ubu yaba yabonye  inzu ku kirwa  cya  Fisher  Island  kiri muri Leta Ya  Florida mu mujyi wa Miami.

Amakuru dukesha bimwe mu binyamakuru byo muri Amerika n’uko ikirwa cya Fisher ari kimwe mu birwa  bitoya muri Amerika  kikaba kiri ku buso bwa Kilometero kare imwe gusa  kibakaba gituyeho abaherwe bagera ku 1300 .

Iki kirwa  ahantu kiri habereye gutura ibyamamare kuko nta budni buryo bwo ku kigeraho udafite ubwato cg Indege  bivuga ko abahatuye bose babaho mu buzima bwihariye cyane  kandi nta kibazo cy’umutekano bajya bagira .

Bivugwa ko inzu Shakira agiye guturamo ku kirwa  cya  Fisher gifite ibintu byose  ibyamamare bikenera nk’Umucanga wok u nkombe z’Inyanja  ,Resitora,Ibibibuga bitandukanye by’Imikono ikunda muri Amerika ,Amashuri, Pisine  ni bindi bintu byisnshi bikenera n’abafite agatubutse.

Miami downtown aerial view

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul April 27, 2023 April 27, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Weasel yifurije Teta Sandra Isabukuru nziza mu mitoma iryoshye

November 7, 2023
Imikino

Perezida Kagame yashimiye Arsenal nyuma yo gutsinda Real Madrid muri 1/2

April 17, 2025
Andi makuru

Menya umugabo Ruben Enaje ukomoka muri Filipine, Amaze kubambwa inshuro 34.

April 11, 2023
Andi makuru

Uwahoze ari Ministiri w’Intebe wa Thailand, Thaksin Shinawatra yatawe muri yombi

August 22, 2023
Imyidagaduro

Kevin Kade yatumiwe mu gitaramo cya Deira Party i Dubai

September 25, 2024
Imyidagaduro

Umunyarwenya Fred Omondi yitabye Imana

June 15, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?