SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: #Kwibuka29: Bahati Grace yasabye Abanyarwanda kwita ku barokotse Jenoside
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > #Kwibuka29: Bahati Grace yasabye Abanyarwanda kwita ku barokotse Jenoside
Imyidagaduro

#Kwibuka29: Bahati Grace yasabye Abanyarwanda kwita ku barokotse Jenoside

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/04/12 at 7:32 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Nyampinga w’u Rwanda 2009, Bahati Grace, yibukije Abanyarwanda ko ari inshingano za buri wese kwita ku basizwe iheruheru na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

 

Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yasize ingaruka zitandukanye zirimo guhitana abasaga miliyoni ariko n’abarokotse ntabwo borohewe kuko hari ababaye incike, imfubyi n’abandi basigara bonyine batazi inkomoko yabo.

Ibi ni ibikomere bikomereye abayirokotse kuko kuva Jenoside yarangira ubuzima bwabo ntabwo bwigeze bwongera kuba nk’uko byari bisanzwe, hari byinshi byabahungabanyije.

Mu butumwa yatanze mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Miss Bahati Grace, yasabye buri wese kuba hafi y’uwarokotse Jenoside no guharanira ko ntacyasubiza u Rwanda inyuma.

Ati “Mu gihe twibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, mureke tube hafi abasizwe iheruheru nayo, tubafate mu mugongo, tubahe icyizere cy’ejo hazaza duharanira kubaho neza. Ikindi kandi, ni umukoro wacu twese kurwanya icyadusubiza inyuma icyo aricyo cyose.”

U Rwanda rwatangiye igihe cy’minsi ijana yo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, insanganyamatsiko y’uyu mwaka ni ‘Kwibuka Twiyubaka’.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul April 12, 2023 April 12, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Dj Tanzanite yishimiye ibyiza u Rwanda rugezeho

November 18, 2024
Imyidagaduro

Producer Multisystem wakoze benshi mu bahanzi yitabye Imana

July 27, 2023
Imyidagaduro

Bien Aime na Dj Marnaud bijeje abanyarwanda igitaramo cy’amateka

July 28, 2023
Imyidagaduro

Zacu Entertainment yishimiye ibyo yagezeho mu myaka ibiri imaze ishinzwe

December 16, 2024
Iyobokamana

Tonzi Ntiyemeranye nabaca intege abahanzi Nyarwanda

January 9, 2024
Imyidagaduro

Abazitabira igitaramo cy’Amore Valentine’s kizaririmbamo Kidumu bashyizwe igorora

January 29, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?