SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Mutesi Jolly yahakanye amakuru avuga ko atwite
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Mutesi Jolly yahakanye amakuru avuga ko atwite
Imyidagaduro

Mutesi Jolly yahakanye amakuru avuga ko atwite

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/03/08 at 9:35 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Miss Rwanda 2016, Mutesi Jolly yahakanye iby’amakuru amaze iminsi acaracara ku mbuga nkoranyambaga avuga ko atwite, ashimira buri wese wari wamwoherereje ubutumwa bumwifuriza ihirwe mu buzima bwo kuba umubyeyi.

Kuri uyu wa 07 Werurwe 2023, Miss Jolly abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yifashishije ifoto iriho amakuru agira ati: “Bamukozemo akazi? Biravugwa ko Mutesi Jolly atwite inda nkuru.” Maze yongeraho ati: “Amakuru y’igihuha.”

Akomeza agaragaza ko amaze iminsi yakira ubutumwa bw’abantu, bamurata amashimwe kubwo gutwita ati: “Kuri buri umwe wanyoherereje ubutumwa bundata amashimwe, mwarakoze kunyifuriza ibyiza.”

Agaragaraza ko rwose gutwita ari ikintu cyiza kuko umwana ari umugisha, ati: “Umwana mu kuri ni umugisha, kandi niteguye kumugira mu gihe nyacyo mu bihe biri imbere.”

Miss Jolly gusa avuga ko adatwite kuri ubu, ibivugwa ari ikinyoma ati: “Nyamara aya ni amakuru y’amahimbano, ku bantu buririra ku izina ryanjye bashaka kwamamara mu buryo buciriritse.”

Asoza agaragaza ko ibyo abantu bavuga ko atwite, bidakwiye guhabwa agaciro kuko ataribyo. Amakuru yo gutwita kwa Miss Mutesi Jolly yari yatangiye gukwirakwira, nyuma y’amafoto yasangije abamukurikira ubona ko abyibushye.

Bamwe ibyo nibyo bahereyeho bavuga ko yaba atwite, maze imbuga nkoranyambaga nazo zikoreshwa na benshi zihutisha ubwo butumwa, cyane ko Mutesi Jolly ari mu bantu b’ibyamamare mu Rwanda.

You Might Also Like

Bishop Gafaranga yasabiwe n’urukiko gufungwa iminsi 30

Jennifer Lopez yajyanywe mu rukiko kubera amafoto ye

Jose Chameleon yageze I Kigali aherekejwe na Teta Sandra yanga kuganira n’itangazamakuru

The Ben Agiye guhurira mu gitaramo kimwe n’abarimo Diamond Platnumz,Bebe Cool na Eddy Kenzo muri Uganda

RIB yaburiye abanyamakuru bashobora kwisanga mu cyaha mu kibazo cya Bishop Gafaranga

Nsanzabera Jean Paul March 8, 2023 March 8, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ikoranabuhanga

Airtel Rwanda yatangije Promosiyo y’inyogera ya 10%

December 1, 2023
Andi makuru

Bimwe mu bihugu bitandukanye kw’isi bamaze kwinjira mu mwaka wa 2025 mu byishimo

December 31, 2024
Imikino

Umubyeyi wa Luis Díaz wari warashimuswe yarekuwe

November 9, 2023
Andi makuruImyidagaduro

Alyn Sano yishimiwe nabitabiriye iserukiramuco rya Vic Falls Carnival’ryabereye muri Zambia

May 5, 2023
Andi makuru

RDC : 50 bakwekekwaho guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi basabiwe igihano cy’urupfu

August 28, 2024
Iyobokamana

Abepiskopi Gatolika basabye Ibihugu by’u Rwanda n’Uburundi gufungura Imipaka

April 2, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?