SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ifoto ya Perezida Kagame akina n’umwuzukuwe yazamuye imbamutima za benshi ku mbuga nkoranyambaga (Amafoto)
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Ifoto ya Perezida Kagame akina n’umwuzukuwe yazamuye imbamutima za benshi ku mbuga nkoranyambaga (Amafoto)
Andi makuru

Ifoto ya Perezida Kagame akina n’umwuzukuwe yazamuye imbamutima za benshi ku mbuga nkoranyambaga (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/02/24 at 4:28 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame yongeye kuzamura amarangamutima y’Abanyarwanda n’abandi bamukurikira ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kubasangiza ifoto ye n’Umwuzukuru we baganira.

Perezida Kagame usanzwe uzwiho kugira uburyo ahuza inshingano zo kuyobora igihugu ndetse n’izo kwita ku muryango we, yashyize hanze iyi foto ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Gashyantare 2023.

Bigaragara ko yari yicaye ahantu mu ruganiriro arimo kuganira ndetse yishimanye n’umwuzukuru we [umukobwa w’imfura wa Ange Kagame na Ndengeyingoma Bertrand].

Perezida Kagame yayiherekesheje amagambo yakoze benshi ku mutima aho yavuze ko “Nyuma y’iki kiganiro, nta wundi muhangayiko.”

Ni ifoto imaze iminota mike ku rukuta rwe rwa Twitter ariko abantu benshi bamaze kugenda bayisangiza ababakurikira bagenda bagaragaza amarangamutima yabo.

Muri bihe bitandukanye Perezida Kagame, yagiye avuga ko mu byo akora byose umuryango we uza imbere ndetse uri mu bituma n’akazi ke kagenda neza.

Mu kiganiro yagiranye na RBA, ku wa 4 Nyakanga 2022, yavuze ko nubwo agira akazi kenshi atajya aburira umuryango we umwanya.

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul February 24, 2023 February 24, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Umuryango w’umunyamakuru Julius Chita uri mu byishimo nyuma yo kwibaruka ubuheta

May 1, 2024
Imyidagaduro

Igitaramo cyabahoze bagize Sauti sol I Kigali cyahinduriwe amatariki

October 15, 2024
Imyidagaduro

Umuraperi Snoop dogg yatunguye benshi atangaza ko yaretse urumogi

November 17, 2023
Imyidagaduro

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

May 17, 2025
Imikino

Milutin Sredojevic “Micho watozaga Libya yirukanywe nyuma yo kutitwara neza

September 17, 2024
Imyidagaduro

Kevin Kade yatumiwe mu gitaramo cya Deira Party i Dubai

September 25, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?