SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Shaddy Boo yashimangiye ko ibirori yateguye I Rubavu bizagenda Neza nyuma y’ibyabaye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Shaddy Boo yashimangiye ko ibirori yateguye I Rubavu bizagenda Neza nyuma y’ibyabaye
Andi makuruImyidagaduro

Shaddy Boo yashimangiye ko ibirori yateguye I Rubavu bizagenda Neza nyuma y’ibyabaye

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/02/22 at 4:20 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
3 Min Read
SHARE

Umushabitsi ndetse akaba n’umwe mu bakobwa bakurikirwa n’abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddy Boo yashimangiye  ko ibirori yateguye  I Rubavu mu mpera z’iki cyumweru yise “ Shaddy Boo New Vista “ bizabera  mu kabyiniro kitwa New Vista bivugwa ko ari akuyu  mukobwa .

Ibi  yabishimnagiye nyuma y’ibyabaye ku munsi w’ejo ku wa kabir tariki ya 21 Gashyantare 2023 aho  abamufasha muri  iki gitaramo bari bateguye  ikiganiro n’itangazamakuru ariko kikaza gutinda kuba gutangira kugeza kw’isaha ya saa kumi n’igice ibintu benshi mu banyamakuru batishimiye n’ubwo Uyu mukobwa yaje kuza  ikiganiro kiratangira ariko hazakuzamo ukutumvikna neza hagati y’abategura  n’abanyamakuru maze Shaddy Boo ababwira ko icyo  kiganiro atagikora mu gihe batabashije kumvikana  kugira basobanure icyabateye gukerererwa ndetse n’uko imyiteguro y’ibyo birori imeze .

Nyuma  y’ibyo byose  mu kiganiro  kihariye yagiranye na Ahupa Visual Radio w yashimangiye ko ibirori yise ‘Shaddyboo New Vista’ ari  ibirori bikomeye bizaba birimo abahanzi n’aba DJ, bizamara iminsi ibiri abantu badakwiye gucikwa.”

Akomeza vuga ko uzaba ari umwanya mwiza kubakundana no kwishimana nawe, ati “Azaba ari umunsi ukomeye n’abakundana bazakomeza gukundanira mu bwato, ikindi kandi nanjye ubwanjye nzaba mpari.”

Ku kirebana niba azaserukana n’umukunzi we dore, ko mu mpamvu yatumye ibi birori bitegurwa harimo no gukomeza gufasha abantu kwizihiza ukwezi kwa Saint Valentin;

Shaddyboo yagize ati “Uriya munsi nzaba nta mukunzi mfite nzongera kumugira nyuma, gusa ntibivuze ko ntari mu rukundo hatazagira uzashaka kumvangira.”

Yaboneyeho kandi umwanya agira inama abantu by’umwihariko abari n’abategarugori, agira ati “Kora icyo ukunda kandi ushaka amafaranga.”

Shaddyboo, umunyamideli umaze igihe kinini mu ruganda rw’imyidagaduro,  afite ihame rikomeye, ko ikintu kitakwinjiriza utagakwiye kugitaho umwanya.

Biteganyijwe ko Kuwa 25 na 26 Gashyantare 2023 aribwo  Shaddyboo azishimana n’abakunda ubuzima bwo ku mazi i Rubavu, aho yavuze ko agiye kugira mu rugo akahakorera byinshi bitandukanye.

Yasoje avuga ko n’ubwo ubufatanye bukiri hasi my myidagaduro ariko cyane ishingiye ku muziki n’umuziki muri rusange umaze kugera kure.

Mu bitezweho kuzashyigikira Shaddyboo harimo umuhanzikazi Momolava na DJ Phil Peter umaze kuba ubukombe mu itangazamakuru, umuziki no kuwuvanga.

You Might Also Like

Kigali : Umusore wo mu kigero cy’ imyaka 20 yiyahuriye ku nyubako izwi nko kwa Makuza ahita yitaba Imana

Ambasaderi Ernest Rwamucyo yatanze impapuro zimwerera guhagararira u Rwanda muri Kenya

Canal+ Rwanda yashyize igorora abakiliya bayo ibaha Poromosiyo ya Umukiliya n’umwami

Minisitiri Mutamba Constant yitabye ubushinjacyaha ashagawe n’abunganizi 20

Perezida Kagame yasuye ishuri rikuru ry’’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano muri Algerie

Nsanzabera Jean Paul February 22, 2023 February 22, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Algeria yakiriwe na Mugenzi wa RDF

February 20, 2024
Utuntu n'utundi

Umusirikare w’u Burusiya Ukraine iherutse kuvuga ko yishe yagaragaye ari muzima

September 27, 2023
Andi makuruImyidagaduro

Anita Pendo yakiriwe na Ambasaderi Rosemary Mbabazi muri Ghana

March 29, 2024
ImikinoImyidagaduro

Riderman na Chris Eazy batumiwe mu birori byo gusoza Champion Leagues byateguwe na B&B FM

June 8, 2023
Imyidagaduro

Umuhanzi Thompson yishimiye kwinjira mu nzu ifasha abahanzi ya P Promoters ya Papy Valens Ndahiro

July 25, 2023
Andi makuru

Doug Emhoff umugabo wa Kamala Harris yirukanwe na Trump

April 30, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?