SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Amag The Black yaciye amazimwe kubavuga kugutandukana n’umugore we
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Amag The Black yaciye amazimwe kubavuga kugutandukana n’umugore we
Imyidagaduro

Amag The Black yaciye amazimwe kubavuga kugutandukana n’umugore we

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/02/08 at 10:46 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuraperi Amag The Black hashize iminsi  bivugwa yuko  yaba ari gusaba n’umugore n’umugore we bitewe n’umubano wabo utagihagaze neza nkuko tubikesha bamwe mu nshuti z’uyu muryango.

Amakuru avuga ko aba bombi baba batakibanye neza kugera aho ubu bari gushaka gatanya kugirango buri umwe abohore undi yikomereze ubundi buzima.Nubwo bitaracamo ngo bayibone haba Amag The Black na Uwase Liliane ngo bifuza ko byakorwa vuba.

 Uwaduhaye aya makuru utarifuje ko tumutangaza yagize ati “Amag amaze iminsi atabanye n’umugore we neza, ubu buri umwe asigaye yikorera gahunda ze. Ntiwamenya ngo umugore cyangwa umugabo niwe wananiye undi gusa bose bari kubyirukamo kugirango batandukane.

”AMA G The Black muri iki gitondo atangarije AHUPA VISUAL Radio ko amaze kurambirwa guhora avuga  kuri iki kibazo  kuko  yabivuzeho igihe kinini atazakomeza  gusubiramo ijambo rimwe buri gihe.”Yavuze ko kimwe mu binyamakuru byandikira mu Rwanda cyamwanditseho inkuru nawe atazi ibyo aribyo.

 Yagize ati “Ntabwo wigeze kubona banyanditseho? ni ibintu biri aho ngaho utamenya ibyo aribyo, Ni ibihuha, ni ibintu utamenya ibyo aribyo.”

 Tariki 15 Ukuboza 2017 nibwo Hakizimana Amani (Ama G The Black) yasezeranye imbere y’amategeko na Uwase Liliane, barahirira kuzabana nk’uko amategeko y’u Rwanda abiteganya.Aba bombi basezeraniye mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi.

Tariki 24 Ukuboza 2017 ni bwo Ama G The Black yasabye anakwa umufasha we Uwase Liliane mu birori byabereye mu karere ka Kamonyi ahazwi nko ku Ruyenzi, kuri Chris Guest House.

 Ibirori byo kwakira abaje kubashyigikira ku munsi w’ubukwe bwabo byabereye mu busitani bwo kuri Telavista Kicukiro.Bibaye ari impamo Amag The Black yaba agiye gutandukana n’umugore we babyaranye umwana w’umukobwa.

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul February 8, 2023 February 8, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Jules Sentore yateguje ibitaramo ku mugabane w’Iburayi

March 14, 2024
Imyidagaduro

Moshions yongeye kuvugisha abatari bakeya ku Mbuga nkoranyambaga

January 11, 2023
Imikino

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

May 29, 2025
Andi makuru

Umuramyi Emmy yongeye gushimira mu ndirimbo ye nshya yise ku birenge bya Yesu (Video)

November 20, 2024
Iyobokamana

RIB yataye muri yombi Nzizera Aimable wayobora Rwanda Gospels Stars Live

June 10, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yakiriye Abadepite bo mu Amerika

May 29, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?