SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umunyabigwi mu njyana gakondo Muyango yabazwe umutima
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umunyabigwi mu njyana gakondo Muyango yabazwe umutima
Imyidagaduro

Umunyabigwi mu njyana gakondo Muyango yabazwe umutima

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/25 at 11:02 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Amashimwe ni yose ku muhanzi Muyango ndetse n’abareberera inyungu ze banyuzwe n’uburyo akomeje koroherwa nyuma yo kubagwa umutima, agashyirwamo akuma kawufasha gutera neza ‘Pace maker’.

Umwe mu baba  hafi  y’umuhanzi   yadutangarije ko Muyango yabagiwe umutima i Kigali bikagenda neza.

Ati “Twaratunguwe ni amashimwe ku Mana! Nawe ubwe iyo muri kuganira arabikubwira, yaranyuzwe rwose.”

Yakomeje agira ati “Ntabwo twari tuzi ko mu Rwanda umuntu yabagwa umutima agakira mu gihe gito. Ndibuka ubwo bajyaga kumubaga na we ubwe yabanje kubaza abaganga niba batareka akajya i Burayi cyane ko yanabayeyo, bamwizeza ko bigenda neza rwose.”

Muyango yafashwe n’uburwayi ku wa 1 Mutarama 2023, ku wa 2 Mutarama 2023 ajyanwa kwa muganga guhumeka biri kumugora.

Ku wa 5 Mutarama 2023 nibwo Muyango yabagiwe mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal ashyirwamo akuma gafasha umutima gukora neza ‘Pace maker’, amara iminsi itatu mu bitaro abona gutaha ku wa 8 Mutarama 2023.

Kugeza ubu nubwo arwariye mu rugo, amakuru dufitiye gihamya ifite avuga ko uyu muhanzi ari koroherwa ndetse mu minsi ishize yagaragaye ari mu gufata amashusho y’indirimbo yo kwizihiza Intwari z’u Rwanda izasohoka mu minsi iri imbere.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul January 25, 2023 January 25, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Ese hari icyo twakwitega mu mikino yo kwishyura ya Shampiyona igaruka nyuma y’akaruhuko?

January 11, 2024
Iyobokamana

Madamu Jeannette Kagame yitabiriye amasengesho yo gusabira igihugu

August 13, 2023
Andi makuru

Perezida Tshisekedi yagiranye ibiganiro na Cardinal Fridolin Ambongo

May 16, 2024
Imyidagaduro

Christopher yateguje ibitaramo muri Canada

January 17, 2024
Andi makuru

Minisitiri w’Intebe yakiriye indahiro z’abashinjacyaha 4 ba gisirikare

December 12, 2023
Imikino

Umuraperi La Fouine arataramira abanyarwanda mu gusoza imikino y’igikombe cy’Afurika cy’Abagore I Kigali

July 30, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?