SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Posada Lounge yashyize igorora abakiliya bayo ibategurira ibitaramo bya buri week end
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Posada Lounge yashyize igorora abakiliya bayo ibategurira ibitaramo bya buri week end
Andi makuru

Posada Lounge yashyize igorora abakiliya bayo ibategurira ibitaramo bya buri week end

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/21 at 3:10 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Mu gihe abanyarwanda ndetse n’abashyitsi batemberera u Rwanda benshi bifuza ahantu basohokera kugira bagirane ibihe byiza n’inshuti zabo cyangwa na abakunzi babo muri Kigali benshi basigaye basohokera muri Posada Lounge .

Posada Lounge iherereye ku Kabeza hafi y’Ibiro by’Umurenge wa Kanombe ni ‘restaurant &Bar’ igezweho i Kigali, buri wese ashobora gufatiramo amafunguro ashaka ndetse n’icyo kunywa cyose kimugera ku nyota, ataramirwa n’abaririmbyi bo mu ngeri zose.

Iyi ‘Restaurant &Bar’ iherereye mu Rubirizi hafi y’Umurenge wa Kanombe, ahateganye na Depot ya Skol, kuri KK 18 AVE, ifite umwihariko wo gutegura amafunguro amenyerewe i Burayi (European kitchen) ndetse n’ayo muri Afurika (African kitchen). Igikoni cyabo gifite umwihariko ndetse kiri mu bya mbere muri Kigali.

Ifite ubushobozi bwo kwakira abayigana batandukanye barimo n’abafite ibirori bitandukanye nka ‘anniversaire’, inama n’abakeneye kuganira.

Uretse kugira ubusitani bufasha uwahasohokeye kugira ibihe byiza, Posada itumira kandi amatorero, aba-Djs, abahanzi n’abaririmbyi batandukanye basusurutsa abakiliya bayo haba mu muziki ugezweho, uwa kera uzwi nka ‘Karahanyuze’ ndetse n’indirimbo zisubiwemo ‘Karaoke’.

Ku wa Gatanu , itsinda abeza b’i Bwanacyambwe  ririmba indirimbo gakondo ni ryo ritaramira abagana Posada , nyuma hagakurikiraho aba DJ bakunzwe muri Kigali aho babavurangura umuziki ukunzwe kw’isi hose .

Muri Posada kandi ntago birangiriraho buri wa gatandatu abakunzi ba muzika bataramirwa n’abahanzi batanduka  mu majwi meza baririmba muzika iryoheye amatwi aho buri wese yicaye afata ifunguro  ryiryoshye anyurwa nicyo kunya gifutse.

Akandi gashya muri Posada nuko nyuma y’imikino y’umupira w’amaguru yo ku mugabane w’iburayi buri ku cyumweru abakunzi ba muzika bazajya bataramirwa n’umusore ufite ijwi rihebuje kandi wakunzwe cyane mu Rwanda Patrick  Nyamitali duhereye uyu munsi .

Mu gusoza iyi nkuru yacu nuko buri mukiliya wese wakenera  gukoresha ’reservation’ muri Posada Lounge , yahamagara kuri 0784020134.

Muri Posada Lounge amafunguro yaho ni ntamakwemwa nuhasohokera n’imuryango wawe muzishima kandi muryoherwe birenze .

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul January 21, 2023 January 21, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Bradd Pitt akomeje kubabazwa no kutabona abana be

July 12, 2024
Imikino

Umubyeyi wa Luis Díaz wari warashimuswe yarekuwe

November 9, 2023
Andi makuruImyidagaduro

Menya ahantu 10 heza wasohokana n’umukunzi wawe muri Kigali kuri St Valentin

February 14, 2023
Iyobokamana

Amafoto ya Perezida Andrzej Duda apfukamye imbere y’ishusho ya Bikira Mariya yazamuye imbamutima za benshi

February 9, 2024
Imyidagaduro

Davido yayomoje amakuru avuga ko we n’umugore we bibarutse Impanga

October 12, 2023
Imyidagaduro

David Gail wamenyekanye muri Beverly Hills yitabye imana ku myaka 58

January 22, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?