SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ifoto ya Bwiza yenda gusomana na Juno Kizigenza ikomeje kuvugisha benshi .
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ifoto ya Bwiza yenda gusomana na Juno Kizigenza ikomeje kuvugisha benshi .
Imyidagaduro

Ifoto ya Bwiza yenda gusomana na Juno Kizigenza ikomeje kuvugisha benshi .

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: January 17, 2023
Share
SHARE

Muri  iyi minsi abahanzi nyarwanda bongereye ingufu mu bizwi nko gutwika mu gihe baba bari guteguza bakunzi babo indirimbo zabo nshya  mu rwego rwo gushitura bakunzi babo ngo bazarebe indirimbo baba bagiye gushyira hanze .

Ibi bije nyuma y’aho umuhanzi  Davsi D  mu minsi ishize ubwo yari akubutse ku  mugabane w’Iburayi  haje gushyira hanze amafoto ari mu gitanda  imbere ye harambitse  udukungirizo 3  inyuma ye hari inkumi iryamye ibintu byavugishije benshi  cyane mu bakurikiranira hafi imyidagaduro yo mu Rwanda .

Ku mugoroba wahise nibwo ku mbuga nkoranyambaga haje  gucicikana ifoto y’Umuhanzikazi Bwiza  afatanye na Juno Kizigenza  benda  gusomana  maze benshi mu babakurikira  batangira kwibaza niba none nyuma yo gutandukana  na Ariel Wayz  niba Juno Kizigenza  yab ari mu rukundo na  Juno Kizigenza uri mu bakunzwe cyane  hano mu Rwanda .

Ayo mafoto  ndetse n’amashusho yashyizwe hanze n’umuhanzikazi bwiza abinyujije  ku rubuga rwe rwa  Snapchat maze ayiherekesha amagambo yuzuye urukundo aho yagize ati “Nzaba Byose wasengeye .

Nyuma yayo magambo benshi batangiye kwibaza niba  koko aba bahanzi bombi baba bari mu rukundo cyangwa ri bimwe byateye byo gukoresha mafoto n’amashuho baba bafatiye mu mishinga myinshi bakoranye.

Amakuru  yizewe agera kuri AHUPA VISUAL  RADI ni uko ayo mafoto  bayafatiye mu gihugu cy’U Burundi  mu minsi yashize ubwo  Juno yari yagiye gukorerayo ibitaramo bakaza guhurirayo na Bwiza  wari wagiye  muri  icyo gihugu mu mishinga yo  gufatirayo amwe  mu masshuo y’indirimbo ze ateganya gushyira hanze  mu minsi  ya Vuba .

Nubwo abantu  Bwiza  we yagaragaje amaragamutima ye  kugeza ubu  Juno Kizigenza  nta kintu aratangaza  ku biri kuvugwa  ko yaba ari Mu rukundo  na Bwiza  nubwo byamaze kumneyekana ko indirimbo yabo baraza  kuyishyira hanze mu minsi  ya vuba ikizwi ikaba ari uko yamaze kurangiza haregerejwe  ko ijya  Hanze nk’Uko  Umujyanama wa Kikac MusicUhujimfura  Jean Claude mu minsi ishize yari yateguje abakunzi ba Bwiza ko  bagiye gukorana indirimbo na  Juno Kizigenza ndetse igihe no kujya hanze  vuba cyane.

Ibihembo i by’Inganji awards bikomeje guterwa umugongo n’ibyamamare
Ibyamamare 10 bukirikirwa cyane muri Nigeria (Amafoto)
Igitaramo cya Lady Gaga Muri Brazil cyaciye agahigo ko kwitabirwa n’abantu benshi kw’Isi
Turahirwa washinze Moshions yarekuwe by’agateganyo
Nadia wo muri filime umuturanyi yahishuye ko akazi kubu Vixen atagakora nk’umwuga
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Dundeeslots Casino Australia Bonus Codes 2025

February 25, 2025

Top Online Pokies And Casinos For Australia Players

September 5, 2023

Ireland Blackjack 2 Electronic Casino

February 8, 2019

Hello Casino Bonus Codes 2024

May 28, 2024

Bongo Casino Login

May 28, 2024

Happ Luke Casino Review And Free Chips Bonus

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?