SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzikazi Ivy yinjiranye indirimbo ni Wowe mu ruganda rwa Muzika nyarwanda
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzikazi Ivy yinjiranye indirimbo ni Wowe mu ruganda rwa Muzika nyarwanda
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Ivy yinjiranye indirimbo ni Wowe mu ruganda rwa Muzika nyarwanda

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/11 at 12:47 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Leandre Niyomugabo wamenyekanye cyane  ubwo yari umunyamakuru  muri bimwe  mu binyamakuru bikomeye  hano mu Rwanda  nyuma yo guhagarika ako kazi agashinga  kompanyi yise World Star Entertainment [ WSE] ibarizwamo umuhanzi Kendo kuri ubu  yinjije  indi mpano nshya muri  Iyo nzu ifasha abahanzi akaba  ari umuhanzikazi  IVY .

Mu kiganiro kigufi yagiranye na Ahupa Radio Leandre  yadutagarije ko uyu mukobwa bamubonyemo ubushobozi biyemeza kumurika impano ye.

Yagize ati “Byagendeye ku kuba akunda umuziki kuko gushaka ari ugushobora dusanga nta mpamvu zo kumurenza ayo mahirwe.”

Nk’umujyanama w’abahanzi by’umwihariko ukora itangazamakuru avuga ko yifuza gushyira itafari mu kwagura umuziki no kuwugeza ku ruhando mpuzamahanga.

Ati “Bigeze aheza nanjye ndigutanga umuganda wanjye kugira ngo Muzika yacu igere ku rwego rwisumbuyeho.”

Leandre Avuga ko barajwe ishinga no gukora ubushabitsi mu muziki, by’umwihariko bitegura kumurika ibikorwa birimo inzu itunganya umuziki mu buryo bw’amajwi n’amashusho.

Ku ruhande rwa  Ivy we yadutangarije ko yiyumvisemo impano yo kuririmba akiri muto, gusa ngo ntiyiyumvishaga inzira bizanyuramo ngo abyereke Isi.

Ati “Ubwo nahuraga n’ubuyobozi bwa World Star Entertainment nahise numva ko byose bishoboka, mfite ingamba nyinshi n’imbaraga, nizeye ko abanyarwanda bazanshyigikira.”

 

 

 

 

 

 

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul January 11, 2023 January 11, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Danny Nanone arasaba abakunzi kudaha agaciro umuntu uri kumwiyitirira kuri Instagram

March 28, 2023
Imikino

Rwanda Pickleball Association yabateguriye ikiganiro cyo kuvuga ku bwiza bw’umukino wa Pickleball

May 30, 2024
Imyidagaduro

Kigali Auto Show yongeye gusiga amateka ku bakunzi ba Moto n’imodoka sidasanzwe (Amafoto)

August 4, 2024
Imyidagaduro

Producer Multisystem wakoze benshi mu bahanzi yitabye Imana

July 27, 2023
Andi makuru

Perezida Paul Kagame azitabira inama ya Inclusive Fintech 2025 Forum izabera I kigali

February 19, 2025
Imyidagaduro

Urubanza rwa Titi Brown rwongeye gusubikwa ku nshuro ya 3

February 22, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?