SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Zidane ashobora gusubira mu ikipe ya Real Madrid
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Zidane ashobora gusubira mu ikipe ya Real Madrid
Imikino

Zidane ashobora gusubira mu ikipe ya Real Madrid

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/10 at 7:34 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umutoza ukomoka mu Bufaransa wigeze gutoza Real Madrid, Zinedine Zidane, ashobora gusubira gutoza iyi kipe.

Imiryango ya Zinedine Zidane irafunguye muri Real Madrid mu gihe cyose yaba abishaka kuyisubiramo, akajya kongera gukora amateka nk’ayo yakoze ubwo aherukayo ari nk’umutoza. Perezida wa Real Madrid Florentino Perez yiteguye kumuha akazi ako ariko kose ariko akongera kuba iruhande rwe.

Uyu munyabigwi muri Real Madrid yakoze amateka mu mupira w’amaguru aba umutoza wa 2 ukoze ibyo bintu, yahesheje Real Madrid ibikombe 3 bya Champions league byikurikiranya.

Umutoza usanzwe atoza Real Madrid, Carlo Ancelotti mu gihe uyu mwaka w’imikino warangira nta gikombe na 1 atwaye byamubera bibi, ndetse bikaba byatuma yirukanwa atarangije umwaka 1 w’amasezerano asigaje muri iyi kipe ya Real Madrid, kandi uwaba afite amahirwe menshi yo kumusimbura ni Zidane.

Kuva Zinedine Zidane yava muri Real Madrid yari ategereje yihanganye ngo azasimbure Didier Deschamp mu ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, ariko yatunguwe n’uko Didier Deschamp yongerewe amasezerano azamugeza mu mwaka wa 2026.

Zidane yagiye yanga akazi ku makipe agiye atandukanye harimo na Paris Saint-Germain, ariko aramutse asabwe kujya gutoza Real Madrid yabyumva vuba.

Usibye kuba Zidane yaratoje Real Madrid ahubwo yaranayikiniye, yayikiniye imyaka igera muri 5 kuko yayigiyemo muri 2001 ahava muri 2006, kandi yanabafashije gutwara igikombe 1 cya Champions League.

You Might Also Like

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul January 10, 2023 January 10, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Umunyamakuru Bianca yasubitse ibirori bya Bianca Fashion Hub 2023

July 26, 2023
Imyidagaduro

Nagize igihombo gikomeye kuba ntarabaye umusirikare :Tom Close

April 2, 2025
Imyidagaduro

Massamba na Ruti Joel basusurukije abagande mu mbyino gakondo

May 20, 2024
Andi makuruImyidagaduro

Bruce Melodie yatumiwe mu gitaramo gisoza Primusic

July 7, 2023
Andi makuruImyidagaduro

Umuhanzi Nikhan ari mu byishimo nyuma yaho indirimbo ye igaragaye mu zikunzwe kuri spotfiy

August 22, 2023
Imyidagaduro

Kendrick Lamar yahize abaraperi bose ku rubuga rwa Apple Music

November 21, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?