SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Prince Kid agiye gusubira mu rukiko
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Prince Kid agiye gusubira mu rukiko
Imyidagaduro

Prince Kid agiye gusubira mu rukiko

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/05 at 2:10 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid agiye gusubira imbere y’Urukiko nyuma hafi y’ukwezi agizwe umwere n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanahise rutegeka ko arekurwa.

Me Nyembo Emelyne wunganira Prince Kid mu buryo bw’amategeko yavuze ko koko Ubushinjacyaha bwamaze kujuririra icyemezo cy’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwari rwagize umwere umukiliya we.

Icyakora avuga ko igihe bazongera kuburanira batarakimenya kuko gitangwa n’urukiko mu gihe ibyo Ubushinjacyaha bwashinjiyeho bujurira byo ahamya ko bitarashyirwa hanze.

Mu ntangiriro z’Ukuboza 2022 nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize umwere Prince Kid, waregwaga ibyaha byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, gusaba no gukora imibonano mpuzabitsina ku gahato no guhoza undi ku nkeke bifitanye isano n’imibonano mpuzabitsina.

Urukiko rwanzuye ko Prince Kid w’imyaka 34 agirwa umwere, kuko nta bimenyetso bikomeye byatanzwe bigaragaza ko ibyaha byakozwe. Icyakora kugeza ubu Ubushinjacyaha bwamaze kujuririra iki cyemezo.

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul January 5, 2023 January 5, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuruIyobokamana

Papa Francis arembejwe n’’umusonga wo mu bihaha

February 19, 2025
Utuntu n'utundi

Twagiramungu Faustin wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yitabye Imana ku myaka 78.

December 2, 2023
Imyidagaduro

Wizkid agiye gufata ikiruhuko cy’Imyaka 4 atari mu muziki

November 6, 2023
Andi makuru

Kwibuka31 :Abayobozi n’abakozi ba Roots Investment Group biyemeje kurwanya buri wese ufite ingengabitekerezo ya Jenoside ku mbuga nkoranyambaga

April 16, 2025
Imyidagaduro

Isimbi Noeline ukina filime z’Urukozasoni yikomye abamwijirira mu buzima .

April 23, 2025
Imyidagaduro

50 Cent yajyanye mu nkiko abakora filime ya Skill House

April 28, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?