SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Aline Gahongayire yashyize hanze amashuhso y’Indirimbo Ndashima yakoreye I Dubai
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Aline Gahongayire yashyize hanze amashuhso y’Indirimbo Ndashima yakoreye I Dubai
Imyidagaduro

Aline Gahongayire yashyize hanze amashuhso y’Indirimbo Ndashima yakoreye I Dubai

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/05 at 1:07 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Aline Gahongayire yasohoye indirimbo ‘Ubu ndashima’ yakomoye ku mashimwe yavanye mu bihe bya Covid-19 ikaba iya kabiri ashyize hanze kuri album ye nshya yitegura gusohora uyu mwaka.

Iyi ndirimbo izaba iri kuri album ya karindwi Aline Gahongayire yitegura gusohora amashusho yayo yayafatiye mu Mujyi wa Dubai.

Aline  Ubwo  ubwo yavugaga  kuri iyi ndirimbo yagize ati “Ni indirimbo nanditse nyuma yo kwitegereza uko icyorezo cya Covid-19 cyari cyaraboshye Isi, agapfukamunwa, nta kazi, nta kuva mu rugo mbega ni inde wari kuva hariya ntashime?”

Ni indirimbo uyu muhanzikazi avuga ko buri wese yayifashisha mu gushima Imana kubera impamvu zitandukanye, ati “Ibaze niba bavuga ko mu isegonda rimwe hapfa abantu bangahe? Muri abo ukaba utarimo! Ese wabuzwa n’iki gushima?”

‘Ubu ndashima’ ibaye indirimbo ya kabiri uyu muhanzikazi ashyize hanze kuri album ye nshya, ikaba ikurikiye iyo yise ‘Amen’ yasohotse muri Nzeri umwaka ushize.

Mu Ukwakira 2022, Aline Gahongayire yakoze igitaramo cyo kwizihiza imyaka 22 amaze mu muziki.

Ni igitaramo yari yarateguye kwizihiza mu 2020 ubwo yari kuba yujuje imyaka 20 mu muziki, ariko bitewe n’icyorezo cya Covid-19 birangira acyimuriye mu 2022.

 

You Might Also Like

Bishop Gafaranga yatawe muri yombi na RIB

Iserukiramuco rya ‘Oldies Music Festival’uyu mwaka rizarangwa n’udushya twinshi

P Diddy agiye kuburanishwa mu mizi

Jose Chameleon yasubukuye igitaramo afite I Kigali

Rihanna na A$ap bagiye kwibaruka umwana wa gatatu

Nsanzabera Jean Paul January 5, 2023 January 5, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Ibirego Nicki Minaj yari akurikiranyweho byateshejwe agaciro

January 7, 2025
Imyidagaduro

Miss Mutesi Aurore Kayibanda agiye gusezerana imbere imbere y’Imana n’umukunzi we

April 30, 2024
Imyidagaduro

Kigali Protocol igiye kwizihiza imyaka 5 yishimiye inkunga yatewe na The Ben

February 13, 2023
Imyidagaduro

Dj Theo yitabye Imana nyuma y’uburwayi bukomeye yari amaranye iminsi

January 21, 2025
Imyidagaduro

Christopher yakoreye igitaramo cy’amateka i Kampala

May 8, 2023
Imyidagaduro

Abahanzi bakomeje gushyira hanze indirimbo zizakoreshwa mu matora ya Perezida wa Repubulika

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?