SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Cristiano Ronaldo yashegeshwe n’urupfu rwa Pele
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Cristiano Ronaldo yashegeshwe n’urupfu rwa Pele
Imikino

Cristiano Ronaldo yashegeshwe n’urupfu rwa Pele

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2022/12/30 at 8:38 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo yavuze amagambo yuje agahinda nyuma y’urupfu rwa Pele  witabye Imana.

Mu masaha ya nimugoroba kuri uyu wa kane nibwo inkuru y’incamugongo yageze ku bakunzi b’umupira w’amaguru ku isi, ivuga ko umunyabigwi Ednson Arantes do Nascimento wari uzwi nka Pele yitabye Imana.

Uyu ni umwe mu bakinnyi beza isi yagize, yafashije ikipe y’igihugu cye cya Brazil gutwara ibikombe 3 by’isi ndetse aba n’umukinnyi wa mbere utwaye ibikombe 3 by’isi. Pele yapfiriye mu bitaro biherereye Sao Polo muri Brazil, azize kanseri yarwaye kuva  muri 2021.

Nyuma y’urupfu rwa Pele wafatwaga nk’umukinnyi w’ibihe byose mu mupira w’amaguru, kizigenza Cristiano Ronaldo mu ba mbere yagize icyo atangaza abinyujije kuri Instagram.

Yagize ati”nihanganishije abaturage bo muri Brazil, ndetse n’umuryango wa Ednson Arantes do Nascimento by’umwihariko. gusezera ku mwami Pele ntibihagije, ndetse ntibyasobanura igikomere Isi y’umupira w’amaguru ifite.

Yabaye ikitegererezo ku bantu benshi cyane, haba mu gihe cyashize, uyu munsi ndetse n’igihe cyose azahora ari ikitegererezo mu mupira w’amaguru.

Wahoraga unyereka urukundo mu gihe turi kumwe, ndetse no mu gihe undi kure. Ntabwo azigera yibagirana kuri buri umwe ukunda umupira w’amaguru. Ruhukira mu mahoro umwami Pele

You Might Also Like

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul December 30, 2022 December 30, 2022
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Mukura yahurije hamwe abahanzi bakomeye mu birori byo kwizihiza imyaka 60 imaze ibayeho

July 27, 2023
Imyidagaduro

Ibyishimo bya Dady de Maximo nyuma yo kwakirwa na Papa Francis

June 30, 2024
Imyidagaduro

Rusine Patrick yambitse Impeta Umukunzi We Iryn

August 12, 2024
Imyidagaduro

Ruti Joel na Munyanshoza Dieudonne bataramiye abitabiriye igikorwa cyo kwamamaza abadepite ba RPF Inkotanyi I Nyagatare (Amafoto )

June 24, 2024
Imikino

Ivan Minnaert yagizwe umutoza mushya wa Gorilla FC

February 19, 2024
Andi makuru

Abakandida 8 nibo bamaze gusaba kuzahatanira umwanya wa Perezida wa Repubulika

May 16, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?