SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umunyamakuru Khamis Sango yambitse impeta umukunzi we Ikirezi Sallouah (Amafoto)
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umunyamakuru Khamis Sango yambitse impeta umukunzi we Ikirezi Sallouah (Amafoto)
Imyidagaduro

Umunyamakuru Khamis Sango yambitse impeta umukunzi we Ikirezi Sallouah (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/07/06 at 12:35 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Abanyamakuru bakomeje gukora ubukwe aho nyuma ya Ismael Mwanafunzi uheruka kurushinga, ubu haravugwa ubukwe bwa Khamis Sango Umunyamakuru wa Radio na TV 10 aho agiye kurushingana na Ikirezi Sallouah 

Abasore by’Umwihariko Abanyamakuru bakomeje kugenda bava mu muryango w’Ingaramakirambi bagahitamo kurushinga bakubaka umuryango.

Kugeza ubu haravugwa ubukwe bw’Umunyamakuru Khamis Sango wa Radio na TV 10 wamaze kwambika  impeta y’urukundo umukobwa uzwi ku izina rya Ikirezi Sallouah bamaze imyaka 12 bakundana maze amusaba ko yamubera umugore bakazabana akaramata.

Khamis Sango wamamaye cyane mu Kiganiro The Over Drive yambitse impeta umwari bamaranye imyaka itari mike bari mu munyenga w’urukundo aho aba bombi bemeranyije kubana bakubaka umuryango uzabakomokaho.

Khamiss Sango ni umwe mu banyamakuru basanzwe ari abayobozi b’ibiganiro by’imyidagaduro kuri Radio&TV10 aho akorana na Kate Gustave n’abandi,….

Umuryango mugari wa Radio na TV 10 wifurije ishya n’ihirwe aba bombi bashimira uyu musore intambwe y’abagabo ateye.

Ku ruhande rw’uyu mukobwa nta byinshi bimuzwiho gusa akaba ari umwemera wo idini y’Abayislam aho bivugwa ko yaba ari n’umunyamideri ariko utarabishingamo imizi.

Ubukwe bw’aba bombi butegerejwe mu minsi ya vuba bukaba buzabera mu idini ya Islam aho imyemerere y’aba bombi yabaganishije kugeza ubu.

Uyu Munyamakuru Khamis Sango yanyuze mu bitangazamakuru binyuranye bya hano mu Rwanda aho twavuga nko kuri Radio Salus, Radio B&B aho yavuye ajya kuri Radio TV10 akorera kugeza ubu

K

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul July 6, 2023 July 6, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Yvanny Mpano yahuje imbaraga n’umuhanzi mushya Edin Hodari bakorana indirimbo bise Harya Ngo Urankunda (Video)

June 11, 2024
Imyidagaduro

Maurix Baru yahembuye benshi mu gitaramo cya 2 Cy’injyana ya Afro Opera (Amafoto)

August 12, 2023
Imyidagaduro

Producer Prince Kiiz yiyomoye kuri Country Records ajya gushinga iye studio

May 5, 2024
Utuntu n'utundi

Mayotte :Impunzi z’abanyarwanda n’abarundi zikomeje guhura n’uruva gusenya kubera umutekano muke

January 30, 2024
Imyidagaduro

.#Kwibuka31 : Rubyiruko mube ijwi ry’Ukuri ku mateka y’igihugu cyacu mukoresheje Ikoranabuhanga :King James

April 11, 2025
Andi makuru

Perezida Kagame yagiranye ikiganiro na mugenzi we wa Senegal Bassirou Diomaye Faye

March 27, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?