SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Nkurikiyinka Bosco wabaye umujyanama wa Jay Polly na Amag The Black arasaba ubufasha bwo kujya kwivuza umutima muri Kenya
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Nkurikiyinka Bosco wabaye umujyanama wa Jay Polly na Amag The Black arasaba ubufasha bwo kujya kwivuza umutima muri Kenya
Imyidagaduro

Nkurikiyinka Bosco wabaye umujyanama wa Jay Polly na Amag The Black arasaba ubufasha bwo kujya kwivuza umutima muri Kenya

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/05/10 at 7:23 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Nkurikiyinka  Bosco wamamaye nka Best  Manager  ubwo yari  umujyanama  w’abahanzi  Jay Polly  na Amag The Black ahagana mu mwaka  wa  2016 ,aho yakomeje  gukora ibikorwa bifite aho bihuriye n’imyidagaduro  ndetse no gutegura ibitaramo mu tubyiniro twinshi two mu mujyi wa Kigali.

Uyu mugabo w’imyaka 40  yadutangarije ko iyi ndwara ayimaranye  imyaka 10 ariko mu myaka itatu ishize nibwo yataniye kumuzahaza atangira  kumva ababara  ibice bimwe by’umubiri  aho  yagiye agira ibibazo cyo  Kuruka ,Kubyimba Ibirenge ku buryo ntabasha no gutambuka , Gukorora cyane, Guhora ahaze kandi atariye ndetse no kugira imbaraga nkenya cyane.

Bosco  yatubwiye kandi kugeza ubu abagnga bamutegetse kutarya  cyane ahubwo agomba kunywa byibura  litiro imwe y’ibisukika byose  kugira abashe gusunika iminsi .

Yatubwiye ko kugira amenye neza koindwara ye igeze kureba yabanjije kuzenguruka mu bitaro hafi ya byose bikomeye hano mu mujyi wa Kigali  nka Legacy. Kanombe Military  Hospital ,  King faycal Hospital ,Pro Femme  na handi  henshi .

Nubwo yagiye muri ibyo byose ibitaro by’Umwami Faisal nibo bamubwiye  ko umutima we kugira ukire  neza  yajya kwivuriza mu  bitaro bya Aga Khan University  Hospital  byo  muri Kenya  aho agomba kubagwa .

Nyuma yo kubwirwa ko azabagwa  Uyu Mugabo Bosco  yagize ikibazo gikomeye cy’ubushobozi bw’amafranga kuko kugira ngo abagwe akire bisaba byibura amadorali y’Amerika  ibihumbi icumi (10.000.000 Frw)

Ni ku bw’ibyo inshuti za Nkurikiyinka Bosco zitandukanye  zateguye igitaramo cyo kumukusanyiriza inkunga yo kujya kwivuza mu gihugu cya Kenya (Fundraising)  gitaganyijwe  kuri uyu wa gatanu tariki ya  12 Gicurasi 2023  kuri Centric Hotel I Remera inyuma y’icyicaro  gikuru cya  Airtel  guhera I saa kumi n’Imwe (17H00) .

 

Uwaba  yifuza gutera inkunga  Nkurikiyinka Bosco ashobora kwifashisha ubu buryo bukurikira :

Mobile  Money : 0781888890 : Nkurikiyinka Bosco

Code : 216338

Bank Account : 0068182(Zigama CSS)

Western Union,World Remit

 

 

You Might Also Like

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Itorero Intayoberana ryunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi bashyinguye mu rwibutso rwa Kigali

Chris Brown yaterewe muri yombi i Londres

The Ben na Kevin Kade bakiranywe urugwiro n’abakunzi babo i Kampala (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul May 10, 2023 May 10, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Davis D yakoze amateka mu gitaramo cye,Nasty C biragira akubise umufana umugeri (Amafoto)

November 30, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yakoze Impinduka mu buyobozi bw’Igisirikari cya RDF

June 6, 2023
Imyidagaduro

Israel Mbonyi yateguye igitaramo azafatiramo amashusho ya albumu ye nshya

May 4, 2023
Andi makuru

Umukinnyi wa film mpuzamahanga Blaise Christian Sitchet uri mu Rwanda Yishimiye sinema Nyarwanda

April 28, 2023
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yasangije abanyamerika ubuzima abanyarwanda babayemo mu nkambi

February 2, 2024
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yashimiye Ingabo z’u Rwanda n’abandi bagize inzego z’umutekano

December 30, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?