SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Igitaramo cya Demarco cyasubitswe ku munota wa nyuma
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Igitaramo cya Demarco cyasubitswe ku munota wa nyuma
Imyidagaduro

Igitaramo cya Demarco cyasubitswe ku munota wa nyuma

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2022/12/29 at 6:26 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Igitaramo cyatumiwemo umuhanzi wo muri Jamaica , Demarco cyagombaga kuba kuri uyu wa 29 Ukuboza 2022 muri BK Arena cyahagaritswe habura umunsi umwe ngo kibe, kimurirwa muri Mutarama 2023.

Amakuru atugeraho  ni uko iki gitaramo cyasubitswe ku munota wa nyuma bitewe nuko indege yagombaga kumugeza i Kigali yamusize, babura indi yamuzana ngo ahagerere ku gihe.

Iki gitaramo cyasubitswe ku wa 28 Ukuboza 2022 mu gihe haburaga amasaha make ngo umunsi nyiri zina ugere.

Abateguye iki gitaramo cyiswe ‘Dutty December’ cyari kimaze igihe cyamamazwa ndetse n’amatike yacyo yari amaze igihe yarashyizwe ku isoko, batangaje  ko cyimuriwe ku wa 28 Mutarama 2023.

Kugeza ubu nta wundi muhanzi wari wagatangajwe wari kuzafatanya na Collin Demar Edwards wamamaye nka Demarco mu muziki wa Reggae na Dancehall.

Uyu muhanzi benshi bamuzi mu ndirimbo nka ‘Love my Life’, ‘No Wahala’ yakoranye na Runtown na Akon, ‘Comfortable’, ‘Bad Gyal Anthem’, ‘Copulation’ n’izindi.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul December 29, 2022 December 28, 2022
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Umusizi Rumaga yafunguye isomero ry’ibitabo kuri murandasi

May 7, 2023
Andi makuru

Abaturage bagiye gutuzwa mu mudugudu w’icyitegererezo wa Mpazi bishimiye amazu bagiye gutuzwamo

November 28, 2024
Imyidagaduro

Diamond waraye I Kigali yakoze imyitozo muri BK Arena

August 12, 2023
Imikino

Rwanda Arsenal Fans Community bizihije imyaka 10 bamaze batanga umusanzu mu gihugu

August 13, 2023
Imyidagaduro

Phil Peter agiye gutaramira ku mugabane w’Uburayi

June 6, 2023
Imikino

Brittney Elena umaze iminsi mu Rwanda yashimangiye ko yifuza kuhatura

May 31, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?