SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Tshisekedi akomeje kwegezayo inkoramutima ze azifunga
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Tshisekedi akomeje kwegezayo inkoramutima ze azifunga
Andi makuru

Perezida Tshisekedi akomeje kwegezayo inkoramutima ze azifunga

Wakibi Geoffrey
Wakibi Geoffrey
Published: June 18, 2025
Share
SHARE

Urwego rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rushinzwe iperereza rwataye muri yombi Lt Gen Jean-Claude Yav Kabeya wabaye umwe mu bizerwa ba Perezida Félix Tshisekedi kuva mu 2019 ubwo yajyaga ku butegetsi.

Tshisekedi akijya ku butegetsi muri Mutarama 2019, yagize Lt Gen Yav Kabeya umuyobozi w’ibiro bishinzwe igisirikare mu ngoro y’Umukuru w’Igihugu (Maison Militaire).

Mu 2023, Lt Gen Yav Kabeya yasimbujwe Gen Franck Ntumba kuri iyi nshingano. Icyo gihe byatangiye guhwihwiswa ko izi mpinduka zatewe n’uko Tshisekedi atari acyizera Yav, cyane ko nta yindi mirimo izwi yamuhaye.

Amakuru aturuka i Kinshasa yemeza ko Lt Gen Yav Kabeya yatawe muri yombi mu gitondo cya tariki ya 16 Kamena 2025, gusa ibyo akurikiranyweho ntabwo bizwi, nta n’icyo inzego zibifitiye ububasha ziratangaza.

Urwego rw’igisirikare cya RDC rushinzwe iperereza rumaze iminsi rufunga abofisiye bakuru, gusa ibyaha rubakurikiranyeho ntibyatangajwe. Sosiyete sivile zigaragaza ko hari hasanzwe hafunzwe abo ku rwego rwa ‘Général’ bagera kuri 29.

Sosiyete sivile zagaragaje ko bidakwiye ko aba basirikare bamara igihe kinini bafunzwe bataburanishwa, ariko Umuvugizi w’igisirikare cya RDC, Gen Maj Sylvain Ekenge, yasubije ko mu bihe by’intambara nta bwihute buba bukwiye kubaho.

Bikekwa ko gufungwa kw’aba basirikare gufitanye isano n’umwuka mubi uri hagati ya Leta ya RDC na Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuva mu 2001 kugeza mu 2019, ikamushinja kuba mu buyobozi bw’ihuriro AFC/M23 rigenzura ibice byinshi mu burasirazuba bw’iki gihugu.

#Kwibuka31: Abayobozi n’abakozi b”uruganda rwa Skol basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ya Kicukiro
Korali Ganza Kristo yo muri ADEPR Gasave yateguye igiterane cy’amashimwe kizamara iminsi 2
Aba-Cardinal binjiye mu munsi wa kabiri w’itora rya Papa
RDB igiye kwizihiza imyaka 20 umuhango wo kwita izina uba buri mwaka
Chryso Ndasingwa yahembuye imitima ya benshi mu gitaramo Easter Experince’
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ie Electronic Casino With Free Signup Bonus Real Money

May 28, 2024

How Online Pokies In Au

May 28, 2024

Shambala Casino Login App Sign Up

May 28, 2024

Winawin Casino Review And Free Chips Bonus

February 25, 2025

Frenzy Fruit Machine

May 28, 2024

Neugrunaer Casino Login App Sign Up

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?