SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Afrique yanyomoje abakomeje kumwibasira ku mbuga nkoranyambaga
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Afrique yanyomoje abakomeje kumwibasira ku mbuga nkoranyambaga
Imyidagaduro

Afrique yanyomoje abakomeje kumwibasira ku mbuga nkoranyambaga

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: June 18, 2025
Share
SHARE

Umuhanzi umwe mu bakunzwe muri iyi  minsi nyuma yo gushyira  hanze  indirimbo ye nshya yise Sana akomeje kwibasirwa n’banatu bataramneyakana ku mbuga nkoranyambaga batangaza amakuru menshi  y’ibihuha bavuga ko yatereye rimwe inda abagore  batatu ‘

Gusa  nubwo uyu  muhanzi akomeje guca mu tuntu twíbibazo bya hato na hato  we ku giti aranyomoza ayo  makuru yirirwa  amuvugwa ko yateye inda eshatu icyarimwe .

Uyu musore  ukiri muto mu kiganiro aherutse kugirna nÍkinyamkauru kimwe cya hano mu Rwanda yatangaje ko ayo makuru  yamugezaho ndetse bigafata n’indi ntera bikagera ku mubyeyi umubyara mama we akamusaba ibisobanuro byinshi kuri icyo  kibazo

Afrique yagize ati” Mama wanjye yarampamagaye arambaza ati ibyo ndi kumva  bavuga  ni ukuri ,ariko  kuko anzi neza ko ibyo bavuga ntabikora kandi bidashoboka ntago yabifashemo umwnaya munini cyane .

Uyu muhanzi muri icyo kiganiro yashimangiye ko imyaka ye rwose ubu ahugiye mu gukora umuziki we no kuri alubumu ateganya gushyira hanze ubu nta gahunda yo kubyara afite nta n’umwana yigeze mu buzima bwe ko ibivugwa byose arabafite ibyo bagamije ku mbuga nkoranyambaga

Bwiza yashyize hanze indirimbo ye yise Do Me asezeranya abakunzi be alubumu ya mbere
Bahati wahoze muri Just Family yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Unyuzimfura Cecile,
Isimbi Model yagarutse ku cyatumye akunda indirimbo za Chryso Ndasingwa
Burna Boy yabaye umuhanzi wa mbere muri Afurika uzaririmba muri Grammy Awards 2024
Umusizi Rumaga agiye gushyira hanze umuzingo we wa mbere yise Mawe
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Starfield Neon Casino

February 25, 2025

Online Slots Wheel Of Fortune

February 25, 2025

What Are The Current Online Casino Promotions In Ireland

May 28, 2024

Casino Online Games

February 25, 2025

Fast Withdrawal Casino Ie

September 24, 2019

Mecca Casino Welcome Offer

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?