SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Trump yatangaje ko yatunguwe n’ibibazo byabaye hagati ye na Elon Musk
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Trump yatangaje ko yatunguwe n’ibibazo byabaye hagati ye na Elon Musk
Andi makuru

Trump yatangaje ko yatunguwe n’ibibazo byabaye hagati ye na Elon Musk

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul Published June 12, 2025
Share
SHARE

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ashobora kubabarira umukire wa mbere ku Isi, Elon Musk, nyuma y’uko aba bagabo bombi bateranye amagambo mu cyumweru gishize.

Musk yavuze ko yafashije Trump gutsinda amatora, anavuga ko uyu mugabo ari indashima, mu gihe Trump na we yavuze ko yafashije Musk mu buryo bufatika.

Icyakora Musk asa nk’uwaje kwisubiraho, aho yanditse kuri X ko yicuza “bimwe mu byo nanditse kuri Perezida Trump, harimo ibyarengereye.”

Mu kiganiro n’itangazamakuru, Trump yaciye amarenga ko ashobora kubabarira Musk, ati “yego, birashoboka.”

Gusa yongeyeho ko yatunguwe cyane n’uko ibintu byagenze hagati y’aba bagabo bahoze bakorana bya hafi mu bihe byo kwiyamamaza n’iminsi ya mbere y’ubutegetsi bwa Trump.

Ati “Ntabwo mwifuriza inabi. Ariko natunguwe cyane n’ibyabaye.”

Trump yari yaravuze ko umubano we na Musk warangiye burundu, hakibazwa uburyo aba bagabo bashobora kuzongera kwicara hamwe.

 

You Might Also Like

Iran yagabye ibitero kuri Israel ikoresheje Drone zirenga 100

Israel yishe abayobozi bakuru mu ngabo za Iran

Amashimwe menshi kuri Ariel Wayz nyuma yo kwinjira mu nzu ifasha bahanzi ya Universal Music Group

Burundi :Ishyaka CNDD –FDD rya Ndayishimiye ryegukanye imyanya yose mu nteko ishinga amategeko

Minisitiri Nduhungirehe Olivier aranenga abayobozi bakomeje gusakaza amakuru ashobora guhungabanya amasezerano hagati na RDC

Nsanzabera Jean Paul June 12, 2025 June 12, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Kanye West (Ye )yikomye abahanzi banze kugira icyo bavuga kwifungwa rya P Diddy

February 7, 2025
Imyidagaduro

Ravi wamenyekanye muri bijyanye no gutunganya amajwi mu bitaramo agiye kurushinga n’ikizungerezi cy’umudiaspora

August 15, 2024
Imyidagaduro

Ubuyobozi bwa Trace Group bwashimiye u Rwanda uko rwabafashije gutegura Trace Awards &Festival

October 17, 2023
Imyidagaduro

Boys II Men bakiranywe urugwiro i Kigali

October 26, 2023
Imyidagaduro

Kigali Universe ya Coach Gael yafunguwe ku mugaragaro hakinwa irushanwa rya Mini foot (Amafoto)

May 19, 2024
Utuntu n'utundi

Urubanza rwa Kazungu rwongeye gusubikwa

February 2, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?