SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi
Imyidagaduro

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/05/31 at 9:58 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Abakunzi ba muzika nyarwanda nyuma  yúko umwka ushize bagize ibihe  byiza mu bitaramo bya iwacu na Muzika bitegurwa na East Africa Promoters  ku bufatanye na MTN Rwanda  bongeye  gushyirwa igorora kuko bategujwe ibitaramo nkibi  muri iyi  mpeshyi y’uyu mwaka wa 2025

Mu butumwa bwashyizwe hanze n’ubuyobozi bwa East African Promoters burarikira abanyarwanda kwitegura ibitaramo bya  Iwacu  na Muzika ntihigezwe hatagazwa amatariki cyangwa abahanzi bazitabira ibyo bitaramo  gusa nkuko bigaragara n’uko mu minsi ya vuba hazaba ikiganiro  n’itangazamakuru kizavugirwamo gahunda zose zijyanye n’ibyo bitaramo

Mu 2023 ni bwo iserukiramuco “Iwacu Muzika Festival” ryahinduriwe izina ryitirirwa MTN Rwanda yari imaze kuba umuterankunga mukuru waryo.

Icyo gihe iri serukiramuco ryazengurutse mu Mijyi itandukanye y’u Rwanda, mu bitaramo byo gususurutsa abakunzi ba muzika mu gihugu hose, abahanzi bafashwa guhura n’abakunzi babo.

Ibi bitaramo ubwo byaherukaga umwaka ushize byagaragayemo abahanzi nka Bruce Melodie, Kenny Sol, Chriss Eazy, Bushali, Bwiza na Ruti Joel.

Ibi bitaramo byatangiye mu 2019 byaje guhagarikwa na Covid-19 kuva mu 2020 bitangira gukorwa binyuzwa kuri televiziyo y’u Rwanda.

Byongeye gusubukurwa bibera mu ruhame mh 2023 arinabwo MTN Rwanda yabyinjiragamo nk’umuterankunga mukuru wabyo.

You Might Also Like

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul May 31, 2025 May 31, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ubuzima

Bwa mbere mu Rwanda hagiye gutangwa ibihembo byiswe ”Rwanda Disability Inclusion Awards 2023

October 4, 2023
Imyidagaduro

Umuhanzi Costa Titch yaguye ku rubyiniro ahita yitaba Imana

March 13, 2023
Kwibuka

Umuhanzi Jabo Jean Marie yibutse abagize umuryango we bazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994

June 17, 2024
Imikino

Ivan Minnaert yagizwe umutoza mushya wa Gorilla FC

February 19, 2024
Imyidagaduro

Igitaramo cyiswe ‘Sober Night’ cyatewe inkunga n’ikinyobwa cya Maltona cyitabiriwe mu rwego rushimishije

December 24, 2024
Imikino

Umusifuzi Twagirumukiza Abdul niwe uzasifura umukino w’ishiraniro wa APR FC na Rayon sports

October 26, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?