SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam
Imyidagaduro

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/05/29 at 10:12 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Alliah Cool na Kevin Kade bari muri Tanzania aho batashye ubukwe bwa Juma Jux, bagiriye ibihe byiza mu mujyi wa Dar es Salam nk’uko babigaragaje mu mashusho yagiye hanze.

Amashusho aba bombi bashyize hanze ni ayo mu kabyiniro kabereyemo ibirori byaherekejwe ubu bukwe.

Aya mashusho agaragaza Kevin Kade wari wasohokanye n’abarimo Abraham Da Holly, umwe mu ba MCs b’ibirori bagezweho muri Tanzania n’izindi nshuti ze.

Ni mu gihe, Alliah Cool we yari kumwe na Rayvanny, ubona bahuje urugwiro.

Uretse gusabana n’uyu muhanzi, Alliah Cool agaragara anyanyagiza amadolari kuri Kevin Kade nawe wari waturutse i Kigali atashye ubukwe bwa Juma Jux.

Alliah Cool usanzwe ari umukinnyi wa filime ni inshuti y’akadasohoka ya Juma Jux ari nayo mpamvu yamutahiye ubukwe bwabereye muri Tanzania.

Kevin Kade we wari umaze iminsi muri Uganda, aho yari yagiye gushyigikira The Ben mu gitaramo cye, yahise akomereza muri Tanzania gutaha ubukwe bw’inshuti ye Juma Jux.

Juma Jux umaze ari kuvugisha abantu aamagambo menshi ku mbuga nkoranyambaga kubera uruhererekane rw’ibirori by’ubukwe bwe bw’igitangaza .

Mu minsi ishize yavuze ko yifuzaga no kubukorera mu Rwanda aho yahuriye n’umugore we bwa mbere, ariko ntibikunde.

Urukundo rwa Priscilla na Juma Jux rwatangiriye i Kigali mu Rwanda ubwo aba bombi bari bahahuriye bari mu rugendo rw’akazi.

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

King Promise yasangije urugendo rwe mu muziki abana bafashwa na Sherrie Silver Foundation

Nsanzabera Jean Paul May 29, 2025 May 29, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Gen Jean Bosco Kazura hamwe n’abandi basirikare barenga 1100 bashyizwe mu kiruhuko

August 31, 2024
Andi makuru

Perezida wa Venezuela Nicolas Maduro yamaganye ibyo Amerika iri gukora

November 19, 2024
Imyidagaduro

Vava Dorimbogo yitabye Imana

July 28, 2024
Iyobokamana

Itsinda rya Drups Band ryateguye igitaramo kizitabirwa n’ibyamamare muri Gospel

November 22, 2023
Andi makuru

Umuryango FPR Inkotanyi wemeje Perezida Kagame nk’umukandida mu matora ya 2024

March 9, 2024
Imyidagaduro

Elton John yahishuye ko arembejwe n’Indwara yo kutabona

December 2, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?