SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umugore wa Justin Bieber yatangaje byinshi yahuye nabyo kuva yabana n’umugabo we
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umugore wa Justin Bieber yatangaje byinshi yahuye nabyo kuva yabana n’umugabo we
Imyidagaduro

Umugore wa Justin Bieber yatangaje byinshi yahuye nabyo kuva yabana n’umugabo we

Gossip Kigali
Last updated: 2025/05/21 at 8:28 AM
Gossip Kigali
Share
1 Min Read
SHARE

 

Umunyamideli akaba n’umugore w’umuhanzi Justin Bieber,Hailey  Bieber yatangaje amarangamautima  ye  ndetse  n’ibijyanye n’urugo rwe ndetse no kuba  umubyeyi .

Uyu  mugore  yabitangarije  mu kiganiro Vogue aho yatangaje ko  kubyara bwa mbere umunhugu wabo bise  Jack Blues Biebere ari ikintu  cya mbere cyamugoye kurusha ibindi byose  yanyuzemo mu buzima bwe .

Yaguize ati  “byari ibihe  bikomeye cyane  kuko nayunze  mu mihangayiko y’ibise  ndetse nababaye igihe  kirekire kuko  nta muti numwe  ugabanya ububabare cyangwa ikinya natewe  mbega byari ububabare burenze ukwemera .

Ikindi Hailey Bieberyavuze  ni uko nyuma yo kubyara icyamugoyecyane nyuma yo kubyara ari ukoyagombaga guhangana n’ibihe bikomeye bya nyuma yo kubyara ndetse  n’inkuru zíbihuha byo mw’itangazamakuru.

Yagize ati “igihe cya nyuma  yo kubyara nicyo gihe kindi  cyankomereye kurusha ibindi byose mu buzima bwanjye,kandi mu gihe ibyo  byose byambagaho,najyaga ku mbuga nkoranyambaga buri munsi abantu bavuga ngo barashaka gutandukana.. Ni ibintu biremereye cyane mu mutwe .

Ku bijyanye no kongera  kubyara,Hailey yavuze ko yabyifuza ,ariko ubu bahugiye mu kwita ku mwana wabo  gusa

You Might Also Like

Sherrie Silver yashenguwe n’ihohoterwa rikorerwa umwana afasha yiyemeza kumuvuza

Maurix Baru yateguye ibitaramo yise “Karahanyuze Summer Tour”azakorera muri Canada

Minisitiri Olivier Nduhungirehe mu bihumbi byishimiye alubumu 25shades ya Bwiza

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)

Gossip Kigali May 21, 2025 May 21, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Perezida Pierre Buyoya yashyinguwe mu gihugu cye nkuko yari yarabyifuje

July 18, 2024
Imyidagaduro

Umukinnyi wa Sinema Rufonsina mu marira menshi yambitswe impeta n’Umukunzi we

October 29, 2024
Imyidagaduro

Itorero Ishyaka ry’Intore ryijeje abazitabira igitaramo Indirirarugamba ko bazataha banyuzwe

January 22, 2025
Imyidagaduro

Bishop Gafaranga yatawe muri yombi na RIB

May 8, 2025
Andi makuru

Perezida Kagame yakebuye urubyiruko rwiharaje kwambara Ubusa

January 19, 2025
Andi makuru

Perezida Kagame yasuye abaturage bahuye n’ibiza i Rubavu (Amafoto)

May 12, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?