SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)
Imyidagaduro

The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: May 19, 2025
Share
SHARE

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka  The Ben umaze iminsi  azeguruka iice bitandukanye ku mugabane w’uburayi ndetse na hano muri afurika akora ibitaramo  byo kumneyekanisha alubumu ye yise “Plenty  Love “yongeye gushimangira ko ari umwe mu bakuzwe cyane  mu gitaramo yakoreye  mu mujyi wa  Kampala mu mperza z’icyumweru gishize .

Ibi byagaragajwe  n’urukundo yeretswe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 17 Gicurasi mu gitaramo yakoreye  muri Kampala  Srena Hotel aho yafatanyije nábahanzi nka  Kevine Kade na Elément Eleeh , Ray  G , Omario  wo muri  Tanzania  na Irene  Ntale ,Warafiki Music  ndetse na Symphony  Band  yamucurangiye .

Kimwe mu byagaragaye  muri iki gitaramo ni ubwitabire buri hejuru bw’Inkumi z;Ikimero zikunzwe cyane ku mbuga  nkorayambaga zo mu gihugu  cya Uganda  ziganjemo nábanyarwandakazi bahakorera imirimo yabo itandukanye .

Ikindi cyatunguye benshi ubwo  uyu  muhanzi yari ku  rubyiniro yatunguye no kujugunyirwa akenda gahisha ambere kazwi nkÍsutiye ubwo yararimo kuririrmba indirimbo yahimbiye  umugore we uherutse kwiabaruka Uwicyeza  Pamela maze abantu barimira n’ubwo Atari  ubwa mbere byaba  bibaye ku muhanzi ukunzwe cyane kuko no mu mwaka wa 2022 ubwo umuhanzi  Ruger yari  mu gitaramo yakuruwe igitasina númwe mubafana ariko arabyiregagiza akomeza kuririmba .

Mu bandi bantu bishimiwe  ni Kevin Kade na Elément ubwo  basangaga  The Ben ku rubyiniro bakaririmbana indirimbo yabo bise sikosa .

Iki gitaramo cya Plenty  Love Cyayobowe na MC Mariachi mu gihe hari n’abanyarwenya barimo Maulana & Reign na Dr Hilary Okello.

 

 

Papa Sava yavuze imuzingo uko akazi ke kamurutira inkumi
Oda Paccy arashimira Imana yamukijije indwara yari imutwaye ubuzima
Georgina Rodriguez yanyomoje amakuru avuga ko we na cristiano batabanye neza
Tanasha Donna ategerejwe I Kigali
Ariel Wayz yahishuye imbogamizi abahanzikazi bo mu Rwanda bahura nazo bakijira mu muziki
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Dublin Online Casino Names

October 9, 2018
Imyidagaduro

Pallasso mu byishimo nyuma yo kwongera kubonana n’umugore n’abana be

April 26, 2023

Best Casino Review Sites

May 28, 2024

Gambling Definition Australia

February 25, 2025

Bigfish Casino 100 Free Spins Bonus 2025

February 25, 2025
Andi makuru

Ed Sheeran yarahiye ko atazongera gukoresha ibiyobyabwenge nyuma y’urupfu rwa Pal Jamal

March 22, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?