SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umutoza Robertinho yajyanye Rayons Sport muri Ferwafa kubera ideni imurimo
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Umutoza Robertinho yajyanye Rayons Sport muri Ferwafa kubera ideni imurimo
Imikino

Umutoza Robertinho yajyanye Rayons Sport muri Ferwafa kubera ideni imurimo

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: May 14, 2025
Share
SHARE

Umunya Brazil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo yareze Rayon Sports mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA aho ayishyuza imishahara imubereyemo.

‎Mu kwezi kwashize kwa Mata ni bwo Rayon Sports yahagaritse Robertinho wari umutoza wayo mukuru amezi abiri adatoza, mu gihe ubuyobozi bugitekereza ku myanzuro  izabafatirwa bombi. Nubwo uyu mutoza yahagaritswe ariko hari mafaranga y’imishahara atahawe arimo yishyuza ndetse yamaze kuyirega mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA.

‎Robertinho arishyuza Rayon Sports ibihumbi 20 by’Amadorari. Nkuko amakuru abivuga iyi kipe yahawe ibyumweru bitatu yaba itarishyura iyi mishahara ubundi uyu mutoza akayirega mu mpuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA.

‎‎Ubwo Robertinho yari agihagarikwa yari yatangaje ko yifuza ko yakwishyurwa imishahara ye ubundi agataha agasubira iwabo kuko ari umuntu ukwiriye kuba ari kumwe n’umuryango we, mu gihe nta kazi afite.

‎‎Ibi bije nyuma y’uko ku munsi w’ejo ari bwo hagiye hanze amakuru ko abakozi ba Rayon Sports barimo abatoza, abaganga n’abandi bataka ubukene nyuma y’uko bamaze amezi atatu badahembwa.

‎

 

Barack Obama wayoboye Amerika yatewe agahind n’urupfu rwa Pele
Ikipe ya Bugesera yatandukanye n’umutoza Eric Nshimiyimana
Gacinya Chance Denis yongeye kwangira kwiyamamaza muri Ferwafa
Abasore n’inkumi b’ikigo Tiger Gate S Ltd bashimiwe umurava berekanye ku mukino w’amavubi na Djibouti
Ni iki cyo kwitega muri Tour du Rwanda uyu mwaka?
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Senator Casino 100 Free Spins Bonus 2025

February 25, 2025

Free Pokies Aristocrat Slot Machines

May 28, 2024

Vegas Casino Online Login App Sign Up

May 28, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yagiriye Inama Umutoza Mikel Arteta wa Arsenal

November 8, 2023

Lubiana Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Bitdreams Casino No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2024

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?