SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Juno yateguye igitaramo cyo kwishimira ibyo amaze kugeraho mu myaka itanu mu muziki we
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Juno yateguye igitaramo cyo kwishimira ibyo amaze kugeraho mu myaka itanu mu muziki we
Imyidagaduro

Juno yateguye igitaramo cyo kwishimira ibyo amaze kugeraho mu myaka itanu mu muziki we

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/05/14 at 12:37 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Juno Kizigenza uri mu bahagaze neza mu muziki w’u Rwanda, yatangaje ko agiye gukora igitaramo kigamije kwizihiza imyaka itanu amaze yinjiye muri uru ruganda.

Ni igitaramo giteganyijwe ku wa 16 Gicurasi 2025 kuri Institut Français du Rwanda’.

Iki gitaramo kizarangwa no kuganira ku rugendo rw’uyu muhanzi watangiye umuziki mu 2020, ari nako anyuzamo akaririmba mu buryo bwa ‘Live’ zimwe mu ndirimbo ze zakunzwe.

Nando Bernard ureberera inyungu z’uyu muhanzi, yatangarije umunyamakuru wacu ko iki gitaramo ari ikibanziriza ikinini bateganya gukora cyo kwizihiza iyi myaka noneho bari kumwe n’abakunzi b’uyu muhanzi bose.

Ati “Nibyo hariya murabizi ntabwo hajya abantu benshi, haba hari abantu bake cyane. Turi kugerageza kureba uko mu minsi iri imbere twakora igitaramo kinini cyazahuza abakunzi ba Juno Kizigenza bose.”

Ku wa 13 Gicurasi 2020, ni bwo Juno Kizigenza yinjiye mu muziki ahereye ku ndirimbo yise ‘Mpa formula’ yanahise ikundwa bikomeye, bimuha icyizere cy’ahazaza heza mu muziki.

Nyuma yakoze izindi ndirimbo zirimo Igitangaza, Jaja, Biranze, Shenge, Urankunda n’izindi nyinshi zatumye izina rye rirushaho gutumbagira mu mitima y’abakunzi b’umuziki nyarwanda.

 

You Might Also Like

Album 25Shades ya Bwiza izagera kw’isoko tariki ya 16 Gicurasi 2025

Ubuhamya bwa Cassie Ventura mu rubanza rwa P Diddy bushobora gutuma afungwa Burundu

Abamurikamideli 15 nibo batsindiye gukorana na Naf Model Empire

Bushali ,Muhinde, Umushumba barishimiwe cyane mu gitaramo baherutse gukorera I Musanze (Amafoto)

Bishop Gafaranga yatawe muri yombi na RIB

Nsanzabera Jean Paul May 14, 2025 May 14, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Kate Bashabe yakebuye urubyiruko rutukana ku babyeyi

April 25, 2025
Imyidagaduro

Sony yaguze ibihangano bya Michael Jackson kuri Miliyoni 600$

February 12, 2024
Imikino

CAN 2023 : RDC na Tanzania zisanze mw’itsinda rimwe

October 13, 2023
Utuntu n'utundi

Ifoto ya Perezida Macron yitoza iteramakofi yavugishije benshi

March 21, 2024
Andi makuru

Brian Mulroney wabaye Minisitiri w’Intebe wa Canada yapfuye

March 1, 2024
Imikino

APR BBC na REG BBC zigiye guhurira mu irushanwa ryo Kwibuka 30

April 16, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?