SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Sonia Roland ntiyemeranye nabamwibasira kubera gukunda Igihugu cye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Sonia Roland ntiyemeranye nabamwibasira kubera gukunda Igihugu cye
Imyidagaduro

Sonia Roland ntiyemeranye nabamwibasira kubera gukunda Igihugu cye

Gossip Kigali
Last updated: 2025/04/01 at 10:20 AM
Gossip Kigali
Share
2 Min Read
SHARE

Miss Uwitonze Sonia Rolland udahwema kwereka amahanga isura nyayo y’igihugu akomokamo, yasabye ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi bikunze kubangamira u Rwanda, ko bikwiriye kubaha ibyo Perezida Kagame amaze kurugezaho.

Uyu mugore wamamaye muri sinema n’igihe yabaga Nyampinga wa Mbere w’u Bufaransa w’umwirabura mu 2000, yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na L’Orient-Le Jour.

Muri iki kiganiro yagarukaga ku bihe yanyuzemo ubwo yabaga mu Rwanda n’igihe yaruviriyemo akajya mu bihugu birimo u Burundi, aho yabaye imyaka mike bikaza kurangira yerekeje mu Bufaransa ari n aho aba uyu munsi.

Agaruka ku bihe u Rwanda rwanyuzemo bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yavuze ko ari amateka akomeye igihugu , ariko asaba amahanga kubaha ibikorwa bya Perezida Kagame bimaze kugeza igihugu ku iterambere rirangaza umuhisi n’umugenzi.

Yagize ati “Kugira ibikomere bizakomeza kubaho kuri twe, kugeza ku iherezo ariko ibyagezweho mu gihugu cy’imisozi igihumbi [u Rwanda] bikwiriye kubahwa n’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi. Ibyo bihugu bigomba kureka kureba ku bibazo bya Afurika mu buryo bwo kuyishyira hasi no kuyitegeka. Politiki ntabwo inshishikaza cyane, ariko ibimenyetso bihari ntawabihakana.”

Uyu mugore uvuka kuri Se w’Umufaransa na Nyina w’Umunyarwandakazi, ntabwo ari ubwa mbere avuze ku iterambere ry’u Rwanda cyane ko no mu 2018 ubwo yagiranaga ibiganiro na Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriye i Paris; yavuze ko u Rwanda ari intangarugero kubera ubuyobozi bwiza bwa Perezida Kagame.

Yagize ati “Kagame yazanye politike ye nziza, yahaye abagore ijambo, yitaye cyane ku rubyiruko ndetse yateje imishinga itabarika imbere. Ni kimwe mu bihugu bifite isuku kuri uyu mubumbe […]. Ni ngombwa kujyayo mukirebera ibyo bintu byose

You Might Also Like

Sherrie Silver yashenguwe n’ihohoterwa rikorerwa umwana afasha yiyemeza kumuvuza

Maurix Baru yateguye ibitaramo yise “Karahanyuze Summer Tour”azakorera muri Canada

Umugore wa Justin Bieber yatangaje byinshi yahuye nabyo kuva yabana n’umugabo we

Minisitiri Olivier Nduhungirehe mu bihumbi byishimiye alubumu 25shades ya Bwiza

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

Gossip Kigali April 1, 2025 April 1, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Peter Obi wabaye guverineri wa Anambra muri Nigeria yageze i kigali ku butumire bwa Sherrie Silver

September 6, 2024
Imyidagaduro

Umuhanzi Thompson yishimiye kwinjira mu nzu ifasha abahanzi ya P Promoters ya Papy Valens Ndahiro

July 25, 2023
Andi makuru

Abanyamuryango ba ZIGAMA CSS bateraniye mu Nama Rusange ku nshuro ya 40

January 15, 2025
Imyidagaduro

Kenny Sol n’umugore we bibarutse umuhungu

May 3, 2024
Andi makuruImikino

Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yerekeje muri Côte d’Ivoire

October 7, 2024
Andi makuru

“Nibambwira bati warakoze cyane imyaka ine, reka dushake undi nzababwira ngo murakoze cyane”Uwayezu Jean Fidèle.

January 16, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?