SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Diamond Platnumz yongeye gusaba Perezida Samia Suluhu kububakira Inzu imeze nka BK Arena
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Diamond Platnumz yongeye gusaba Perezida Samia Suluhu kububakira Inzu imeze nka BK Arena
Imyidagaduro

Diamond Platnumz yongeye gusaba Perezida Samia Suluhu kububakira Inzu imeze nka BK Arena

Gossip Kigali
Gossip Kigali
Published: February 28, 2025
Share
SHARE

Umuhanzi wo muri Tanzania Diamond Platnumz yasabye Perezida w’icyo gihugu Samia Suluhu Hassan kubaka inyubako yakira ibikorwa by’imyidagaduro bitandukanye nka BK Arena yo mu Rwanda.

Ibi Diamond yabigarutseho mu kiganiro yahaye itangazamakuru mu bihembo bya Trace Awards byabereye muri Tanzania ku kirwa cya Zanzibar mu ijoro ryakeye.

Uyu muhanzi yagaragaje ko inyubako nka Arena ari nziza cyane ku bikorwa by’imyidagaduro yaba umuziki n’imikino y’amaboko, atanga urugero ko mu Rwanda ihari kandi ibafasha.

Ntabwo ari inshuro ya Mbere Diamond agaragaza ubwiza bwa BK Arena, dore ko ubwo yazaga mu Rwanda mu 2019 akabona iyi nyubako, yatunguwe akavuga ko yagakwiye kuba iri n’iwabo.

Ntabwo ari Diamond usaba ko Arena yakubakwa iwabo, kuko mu mpereza z’icyumweru gishize, umuhanzikazi wo muri Uganda, Azawi, wari witabiriye igitaramo cya John Legend i Kigali, yagiye kuri X agaragaza ko nabo bakeneye Arena.

Mu butumwa bwe, yavuze ko ahubatse LUgogo Cricket Oval i Kampala, yumvaga hakubakwa Arena.

Si aba gusa, kuko no mu mwaka washize umuhanzikazi ukomoka muri Kenya, Victoria Kimani ubwo yari i Kigali yaje kureba imikino ya BAL, yasubiye iwabo asaba Leta ya Kenya kububakira inyubako nka BK Arena.

 

Imbamutima za Afrique Joe nyuma yo gukorerwa indirimbo na Producer Phantom uri mubakomeye muri Nigeria
Producer Li John yashyize hanze indirimbo ye nshya yise Ndagutinya
Bruce Melodie yishimiye uko yanditswe mu itangazamakuru mpuzamahanga muri 2023
Dj Brianne yavunitse urutirigongo nyuma yo kugwa iwe
Kelly Speech akomeje kwigarurira imitima ya benshi ku rubuga rwa Tik Tok kubera ubutumwa Atanga
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Pokies With Bonus For Fun Only

September 5, 2023
Utuntu n'utundi

Abarimo abanyamerika ,Abongereza n’Ababiligi mu bashatse guhirika ubutegetsi muri RDC bashobora gukatirwa urwo Gupfa

June 11, 2024

Jambo Casino Login App Sign Up

May 28, 2024
Utuntu n'utundi

Muganga Salongo yafashije uwibwe Moto kuyibona yifashishije inzuki

March 27, 2024

Best Casino Australia 2025

February 25, 2025
Imyidagaduro

Abitabiriye ibirori bya Karisimbi Entertainment Awards 2023 batahanye akanyamuneza (Amafoto)

December 18, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?