SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Imam Muhsin Hendricks washyigikiraga abaryamana bahuje ibitsina yishwe arashwe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Iyobokamana > Imam Muhsin Hendricks washyigikiraga abaryamana bahuje ibitsina yishwe arashwe
Iyobokamana

Imam Muhsin Hendricks washyigikiraga abaryamana bahuje ibitsina yishwe arashwe

Wakibi Geoffrey
Last updated: 2025/02/20 at 10:28 AM
Wakibi Geoffrey
Share
1 Min Read
SHARE

Muhsin Hendricks umuyobozi w’idini ya Islam wamenyekanye ku rwego mpuzamahanga kubera kwiyemerera ko ari umutinganyi, yishwe arashwe muri Afurika y’Epfo.

Uyu mugabo w’imyaka 57 y’amavuko yarasiwe mu modoka ye hafi y’umujyi wa Gqeberha n’abantu bitwaje intwaro.

Hendricks yari ayoboye umusigiti wa Masjidul Ghurbaah mu mujyi wa Cape Town, aho yakiraga Abayisilamu bose, cyane cyane abahuye n’ihohoterwa n’ihezwa.

Urupfu rwe rwateje impagarara, aho abaharanira uburenganzira bw’abaryamana bahuje ibitsina basabye inzego z’umutekano gukora iperereza ryimbitse kuri ubu bwicanyi. Nubwo Afurika y’Epfo ifite amategeko arengera uburenganzira bw’abaryamana bahuje ibitsina, imibare yerekana ko ihohoterwa ribibasira ryazamutseho 15% mu mwaka wa 2024.

Muhsin Hendricks, kuva yajya ahagaragara mu 1996 yahariye ubuzima bwe guhuza ukwemera kwe n’imibereho ye bwite, agaharanira ko Abayisilamu b’abatinganyi babona umwanya mu idini no mu muryango mugari.

Urupfu rwe rwasize icyuho gikomeye mu rugamba rwo kurengera uburenganzira bw’abantu bose hatitawe ku mitima yabo cyangwa imyizerere yabo.

 

You Might Also Like

Aline Gahongayire yijeje abo mu Bubiligi igitaramo cy’amashimwe

Feast and Praise Brunch igiye kuba bwa mbere muri Kigali

Mufti w’u Rwanda yahaye umukoro abanyarwanda bagiye mu mutambagiro i Maka

Papa Leon XIV yakiriye Perezida Zelensky i Vatikani

Korali Ganza Kristo yo muri ADEPR Gasave yateguye igiterane cy’amashimwe kizamara iminsi 2

Wakibi Geoffrey February 20, 2025 February 20, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

M23 yongeye gufata umujyi wa Masisi

January 10, 2025
Iyobokamana

Sinach yatumiwe mu giterane cya All Women Together

July 17, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yasuye abaturage bahuye n’ibiza i Rubavu (Amafoto)

May 12, 2023
Andi makuruImyidagaduro

Andy Bumuntu yatumiwe mu gitaramo cya ‘Afro Fusion Cuisine’ muri Kenya

September 19, 2023
Kwamamaza

Kaizen Hotel yatashye ku mugaragaro ibikorwa bishya birimo Gym na Sauna Massage (Amafoto)

June 1, 2024
Imikino

Perezida Samia Suluhu yemereye ikipe ya Simba Fc Miliyoni 10 kuri buri gitego izatsinda Al Ahly SC

October 18, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?