SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Kanye West (Ye )yikomye abahanzi banze kugira icyo bavuga kwifungwa rya P Diddy
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Kanye West (Ye )yikomye abahanzi banze kugira icyo bavuga kwifungwa rya P Diddy
Imyidagaduro

Kanye West (Ye )yikomye abahanzi banze kugira icyo bavuga kwifungwa rya P Diddy

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul Published February 7, 2025
Share
SHARE

Umuraperi Kanye West uzwiho kutajya aripfa mu buzima bwe yikomye abahanzi bagenzi be banze kugira icyo bavugwa kwifungwa Rwa Sean Combs uzwi nka P Diddy asaba ko agomba kurekurwa Vuba.

Uyu muraperi mu butumwa burebure bwuzuyemo amagambo akomeye ku mugoroba wo kuri uyu wa kane abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter (X) yagaragaje ubushake bwinshi bwo kugira mugenzi we P Diddy umaze igihe mu gihome ashinjwa ibyaha bishingiye ku ihohoterwa ryo ku gitsina aho yagaragaje ko yakabaye afungurwa

Muri ubwo butumwa Ye yacishije kuri X kuri uyu wa Kane, yanditse mu nyunguti nkuru ati “Murekure Puff”.
Yunzemo ko anenga bikomeye abo mu ruganda rw’imyidagaduro kuba barakomeje guceceka ntibahaguruke kugira ngo bamagane ifungwa rye.

Yagereranyije guceceka kw’abari mu myidagaduro kuri iki kibazo cya Diddy nk’igihe Chris Brown nawe yafungwaga abantu bose bakaruca bakarumira.

Nubwo Kanye West yavuganiye Diddy, ariko hari abamwamaganye bavuga ko adakwiye gusaba ko P Diddy yarekurwa ahubwo ko agomba guhanirwa ibyo yakoze.

P Diddy yatawe muri yombi muri Nzeri 2024 afungirwa muri Metropolitan Detention Center (MDC) i Brooklyn muri New York, akaba azatangira kuburana ku wa 05 Gicurasi 2025.

You Might Also Like

Nadia wo muri filime umuturanyi yahishuye ko akazi kubu Vixen atagakora nk’umwuga

Chris Eazzy ari mu gahinda gakomeye ko kubura mama we witabye Imana

Dr Murangira B Thierry yakebuye urubyiruko arusaba kwirinda gukora ibyaha ruziko ari imikino

Umunyamakurukazi Mugire Bianca mu gahinda ko kwibirwa Imodoka ye Mu rugo iwe

Nyuma y’Abarimo Ariel Wayz,Juno Kizigenza ,Kevin Kade na Nel Ngabo Kivumbi yongerewe mu bazaririmba mu bitaramo bya Mtn Iwacu na Muzika

Nsanzabera Jean Paul February 7, 2025 February 7, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Cécile Kayirebwa yahakanye ibyo kuririmba mu gitaramo ‘Urwinziza Rurahamye’

January 18, 2023
Imyidagaduro

Urukiko Rukuru rukatiye Prince Kid, igifungo cy’imyaka itanu

October 13, 2023
Imikino

Kigali :KT Fitness Center izamamazwa na Super Manager yafunguye imiryango ku mugaragaro

April 22, 2024
Imyidagaduro

Abaraperi bazitabira icyumba cya Rap batsinzwe na AJSPOR 7-2

December 18, 2024
Imyidagaduro

Koffi Olomide yahamagajwe mu bushinjacyaha

July 13, 2024
Imyidagaduro

Dosiye ya Fatakumavuta yashyikirijwe Ubushinjacyaha

October 24, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?