SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umunyamabanga Mukuru wa Loni arasaba abarwana mu burasirazuba bwa RDC gutanga amahoro
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Umunyamabanga Mukuru wa Loni arasaba abarwana mu burasirazuba bwa RDC gutanga amahoro
Andi makuru

Umunyamabanga Mukuru wa Loni arasaba abarwana mu burasirazuba bwa RDC gutanga amahoro

Ahupa Radio
Ahupa Radio Published February 7, 2025
Share
SHARE

Umunyamabanga Mukuru wa w’umuryango w’abibumbye António Guterres yasabye abahangany mu burasirazuba bwa Congo gutanga amahoro kuko ibintu bikomeje kubaba bibi .

António Guterres yasabye abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 baterwa inkunga n’ingabo n’ingabo z’U Rwanda zigenzura umujyi wa Goma gutanga amahoro kuko ibintu bikomeje kugenda biba bibi kugenza ubwo abaturage bo muri Kivu y’amajyepfo.

Yagize ati” abantu ibihumbi n’ibihumbi bamze gusiga ubuzima muri iriya ntambara harimo abagore n’abana abandi nabo nkabo bakuwe mu byabo muri RDC .

Yakomeje avuga ko bibutsa imitwe yitwaje intwaro yaba iya banyekongo cyangwa yo mu bindi bihugu ko yareka gukomeza gutera ubwoba abaturage ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo .

Nkuko raporo za Loni zibitangaza iyi ntambara yatewe n’umutwe wa M23 kuva muri Mutarama imaze gutwara ubuzima bw’abantu barenga 900 , yimura abanda mu ngo zabo ibihumbi 700 ikomerekeramo abarenga 2000 muri kivu y’amajyarugru gusa .

Kuri António Guterres asanga nta mpamvu yo gukoresha imbaraga za gisirikare ahubwo ari ugushyira intwaro hasi bagaharanira ubusugire bwa Repubulika iharanira Demokrasi ya Congo ,kandi bakubaha amategeko mpuzamahanga aharanira uburenganzira bwa Muntu .

Kuri uyu wa gatanu biteganyijwe ko abakuru b’Ibihugu b’umuryango w’Abanyafurika y’iburasirazuba (EAC) n’umuryango w’iterambere rya Afurika y’Epfo (SADC) bazahurira i Tanzaniya mu nama iziga ku kibazo cty’Umutekano muke mu burasirazuba bwa Kongo.

Icyumweru gitaha, i Addis Abeba, umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye azitabira inama y’umuryango w’amahoro n’umuryango w’ubumwe bw’Afurika. Aho Ikibazo cyo muri DRC y’iburasirazuba kizaba kiri hagati y’ibiganiro.

https://fr.africanews.com/embed/2748718

 

You Might Also Like

Israel yishe abayobozi bakuru mu ngabo za Iran

Burundi :Ishyaka CNDD –FDD rya Ndayishimiye ryegukanye imyanya yose mu nteko ishinga amategeko

Trump yatangaje ko yatunguwe n’ibibazo byabaye hagati ye na Elon Musk

Minisitiri Nduhungirehe Olivier aranenga abayobozi bakomeje gusakaza amakuru ashobora guhungabanya amasezerano hagati na RDC

Elon Musk akomeje kwicuza icyamuteye kugirana ibibazo na Donald Trump

Ahupa Radio February 7, 2025 February 7, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Ingabo z’u Burundi zari muri Kivu ya Ruguru zatashye

December 11, 2023
Andi makuru

Polisi yamennye ibiyobyabwenge birimo Inzoga, Cocaine na Heroine

November 16, 2023
Andi makuru

Perezida Kagame yakiriye mugezi we wa Guinea Bissau Umaro Sissoco Embaló

April 29, 2025
Andi makuru

Umunyamauritaniya Sidi Ould Tah yatorewe kuyobora Banki Nyafurika Itsura amajyambere

May 29, 2025
Iyobokamana

Israel Mbonyi yongerewe mu bazaririmba mu gitaramo cya Ewangelia Easter Celebration Concert.

March 24, 2024
Imyidagaduro

Miss Nishimwe Naomie yambitswe Impeta n’umukunzi we.

January 2, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?