SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Tiwa Savage yagiriye Inama abagore bata abagabo babo bakurikiye imitungo
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Tiwa Savage yagiriye Inama abagore bata abagabo babo bakurikiye imitungo
Imyidagaduro

Tiwa Savage yagiriye Inama abagore bata abagabo babo bakurikiye imitungo

Gossip Kigali
Gossip Kigali Published January 30, 2025
Share
SHARE

Umuhanzikazi ukomeye muri Nigeria, Tiwa Savage, yahishuye ko yicuza kuba yaratandukanye n’uwahoze ari umugabo we agatangira umubano n’undi mugabo, ndetse agatuma umuhungu we abura amahirwe yo kubana n’ababyeyi be bombi.

Yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na kimwe mu bitangazamakuru byo muri Nigeria, yavuze ko yicuza iki cyemezo yafashe.

Ati “Natumye umugabo wanjye yumva atari umugabo kuko natangiye gukundana n’undi mugabo. Ndacyakunda umugabo wanjye kandi nzi ko namugiriye nabi ariko ndashaka gukora ibintu neza no gusubirana na we”.

Yagiriye inama abandi bagore, ababwira ko badakwiye gusiga abagabo babo ngo bajye kubana n’undi mugabo wabizeza ibitangaza.

Yagize ati “Bagore bakundwa, ntugasige umugabo wawe ngo usange undi mugabo, cyangwa uzicuze ubuzima bwawe bwose. lyo nza kubimenya mbere, ntabwo nari kuba meze gutya.”

Uyu muhanzikazi mbere yashakanye na Tunji uzwi cyane ku izina rya ’Tee Billz Balogun’ mu 2013 maze batandukana mu 2016 nyuma yo gushukwa n’umukire utaravuzwe izina, babyarana umuhungu umwe witwa Jamil Balogun.

You Might Also Like

Fatakumavuta yakatiwe imyaka ibiri n’igice ababarirwa ibyo yarezwe na The Ben

Kety Blaisia wakuze yoza mu mutwe abandi yafunguye iye Salon de Coiffure

Nadia wo muri filime umuturanyi yahishuye ko akazi kubu Vixen atagakora nk’umwuga

Chris Eazzy ari mu gahinda gakomeye ko kubura mama we witabye Imana

Dr Murangira B Thierry yakebuye urubyiruko arusaba kwirinda gukora ibyaha ruziko ari imikino

Gossip Kigali January 30, 2025 January 30, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Bwiza na Dj Toxxyk bazafatanya urubyiniro na John Legend mu gitaramo cya Move Afrika

February 10, 2025
Andi makuruImyidagaduro

Mufti Sheikh Sindayigaya Mussa yiyemeje guteza imbere imishinga minini muri Islam

May 27, 2024
Andi makuru

Umushoramari Nyagahene Eugene yakomoje aho yakuye igitekerezo cyo gushinga Radio 10

February 29, 2024
Imyidagaduro

Turahirwa Moses yatawe muri yombi na RIB

April 22, 2025
Imikino

Perezida Kagame yarebye umukino Arsenal yatsinzwemo na PSG muri 1/2 cya UCL

May 8, 2025
Andi makuru

Perezida Joe Biden yatumiye Donald Trump muri white house

November 11, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?