SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bobi Ladawa wari umugore wa Mobutu Sese Seko yasabye Leta ya RDC ko yifuza gutaha
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Bobi Ladawa wari umugore wa Mobutu Sese Seko yasabye Leta ya RDC ko yifuza gutaha
Andi makuru

Bobi Ladawa wari umugore wa Mobutu Sese Seko yasabye Leta ya RDC ko yifuza gutaha

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/11/27 at 2:22 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuntu wese  uzi  amateka ya Repubulika  Iharanira Demokarasi ya Congo yahoze  ari Zaire  ahita  yibuka umugore w’ikizungerezi wavuzwe bigacika Bobi Ladawa, umugore wa Mobutu Sese Seko watunguranye agatangaza ko  afite ubushaka bwo gutaha mu gihugu cye ariko agahabwa uburengenzira ku nzu kuko atifuza kubaho acumbikirwa

Uyu  mubyeyi Bobi Ladawa uba muri Maroc guhera mu 1997 ubwo umugabo we yahirikwaga ku butegetsi, yavuze ko mu gihe cyose yaba yijejwe inzu muri Congo nta kabuza azataha.

Yabitangarije Minisitiri w’Intebe w’icyo gihugu, Judith Suminwa wamusuye ku wa Kabiri tariki 26 Ugushyingo 2024.

Yagize ati “Nabibwiye Minisitiri w’Intebe ko ningaruka i Kinshasa, nshaka kuba mu nzu yanjye. Ntabwo nshaka gucumbikirwa n’abo mu muryango wanjye cyangwa muri hoteli.”

Ladawa w’imyaka 80 yabaye umugore wa Mobutu mu gihe cy’imyaka 17 kugeza mu 1997 ubwo Mobutu yakurwaga ku butegetsi. Bahise bahungira muri Maroc, umugabo we aza kugwayo muri Nzeri 1997, akaba ari naho ashyinguye  kugeza ubu.

 

You Might Also Like

Edgar Lungu wahoze ayobora Zambia yitabye imana ku myaka 68

AFC/M23 yahagamagaje intumwa zayo zari mu biganiro I Doha Muri Qatar

Perezida Trump yakuyeho visa ku bihugu 12 birimo ibibazo by’ umutekano muke

Polisi y’igihugu yataye muri yombi abakekwaho ubujura 21 mu majyepfo

Urukiko rwateye utwatsi ikirego Rusesabagina aregamo kompanyi ya Gainjet yamuzanye mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul November 27, 2024 November 27, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Utuntu n'utundi

Mayotte :Impunzi z’abanyarwanda n’abarundi zikomeje guhura n’uruva gusenya kubera umutekano muke

January 30, 2024
Andi makuru

idini ya Islam mu Rwanda yashimiwe uruhare igira mu kwubaka ubumwe mu banyarwanda

May 8, 2023
Utuntu n'utundi

RIB yasubije miliyoni 5,5 muri miliyoni 6 Frw zibwe umuturage

June 19, 2024
Andi makuru

Umwami Charles III w’u Bwongereza n’Umwamikazi Camilla bagiye kugirira uruzinduko I Vatican

March 18, 2025
Ubukungu

Mu Rwanda hatashywe uruganda rwa mbere rutunganya ifumbire mvaruganda

December 20, 2023
Andi makuru

Perezida Pierre Buyoya yashyinguwe mu gihugu cye nkuko yari yarabyifuje

July 18, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?