SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Abaraperi bakomeye mu Rwanda batumiwe mu gitaramo cyiswe Icyumba cya Rap
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Abaraperi bakomeye mu Rwanda batumiwe mu gitaramo cyiswe Icyumba cya Rap
Imyidagaduro

Abaraperi bakomeye mu Rwanda batumiwe mu gitaramo cyiswe Icyumba cya Rap

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: November 27, 2024
Share
SHARE

Mu mezi make ashize  nibwo mu Rwanda  habaye ikintu  kitari cyimenyerewe na  benshi aho  abaraperi  babiri bubatse amazina  mu Rwanda  Riderman  na Bull Dogg  bahurije abaraperi bakomeye mu gitaramo bise  Igitabo cy’amategeko cyabaye  muri Kanama  ibintu  byishimiwe na benshi cyane  mu bakunzi b’Iyo  njyana .

Nyuma y’icyo  gitaramo abakunzi ba muzika bakomeje gusaba ko  habaho ikindi gitaramo nk’icyo  kuri ubu abakunzi ba Hip  Hop bashyizwe igorora  kuko bateguriwe  ikindi gitaramo nkiko cyiswe  Icyumba cya Rap kizaba tariki ya 27 Ukuboza 2024 kuri Canal Olympia kw’I Rebero  kizaba gifite umwihariko wo gutumirwamo abaraperi barenga 15 bose  bakunzwe kandi  akenshi uzanga  badahuza  cyane kubera  indirimbo zabo .

Kimwe  mu byitezwe  muri icyo gitaramo ni ukubona abasore babiri bakomeje  kwerekana ubuhanga mu njyana ya  Rap bahurira ku  rubyiniro muri abo harimo  Zeo Trap na  Ish Kevin bamaze  iminsi badacana uwaca  mu ndirimbo zabo zuzuye ukutumvikana   byanatumye bose  batumwaho  n’Urwego rw’ubushinjacyaha bakagirwa  inama zo kudakoresha amagambo asesereza

Biteganyijwe ko  iki gitaramo kizitabirwa n’abaraperi  bakomeye mu Rwanda  barimo Riderman,Bull Dogg ,P Fla,Bushali,B Threy ,Zeo Trap , Ish Kevin ,Tuff  Gang ,Jay C ,Kid From Kigali  na bandi benshi bataratangazwa na  Sosiyete iri gutegura icyo gitaramo ariko ikaba  yatwijeje ko mu minsi ya vuba bazabatangaza nabo .

Senderi,Kenny Sol, Bwiza,Danny Vumbi na Bushali basusurukije abanyakigali mu gitaramo gisoza Tour Rwanda Festival
Umubyeyi wa Turahirwa Moses yitandukanyije nibyo umuhungu we yatangaje k’Umukuru w’igihugu
Massamba Intore Bwiza ,King James na Kenny soory bishimiwe n’abagande mu gitaramo cyateguwe n Gen Muhoozi(Amafoto )
Platini yahishuye ko agiye gutangira gukora umurimo w’Imana
#Kwibuka31: Rubyiruko Mumenye ko ari mwe mbaraga u Rwanda Rwegamiyeho: Butera Knowless
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Which Online Pokies In Au

February 25, 2025

Play Online Roullette

May 28, 2024

Yabby Casino Login

May 28, 2024

Monopoly Big Event Slot

May 28, 2024

Royal Casino Online

May 28, 2024

Ie Blackjack Apps

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?