SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Col (Rtd) Richard Karasira yakuwe ku mwana wa Perezida wa APR Fc
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Col (Rtd) Richard Karasira yakuwe ku mwana wa Perezida wa APR Fc
Imikino

Col (Rtd) Richard Karasira yakuwe ku mwana wa Perezida wa APR Fc

Muhire Jimmy
Last updated: 2024/11/07 at 8:04 PM
Muhire Jimmy
Share
1 Min Read
SHARE

Uwari Chairman w’ikipe ya APR FC, Col (Rtd) Richard Karasira yamaze kubwirwa ko atazakomeza kuba umuyobozi w’ikipe y’ingabo z’igihugu nyuma y’amezi 17 ari kuri uyu mwanya.

Amakuru yizewe agera atugeraho ni uko Col (Rtd) Richard Karasira yabwiwe uyu mwanzuro mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane.

Uyu muyobozi akuwe mu nshingano akurikiye uwari Team Manager w’iyi kipe, Eric Ntazinda ndetse n’uwari ushinzwe umutungo, Kalisa Georgine bose basezerewe muri iyi kipe nyuma yo guterwa mpaga ku mukino w’umunsi wa munani bahuyemo na Gorilla FC.

APR FC imaze iminsi ikora impinduka mu buyobozi, aho iheruka kuzana Lt Col Alphonse Muyango wagizwe umuyobozi ushinzwe ibikoresho, mu gihe Captain Deborah Muziranenge yagizwe umuyobozi ushinzwe ibijyanye n’imari.

Col (Rtd) Richard Karasira yagizwe Chairman wa APR FC muri Kamena 2023, asimbuye kuri uwo mwanya Gen. Mubarakh Muganga ubwo yari amaze kwemezwa nk’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda.

You Might Also Like

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

APR BBC yongeye itsindirwa mu maso ya Perezida Kagame na MBB South Africa 98-88

Muhire Jimmy November 7, 2024 November 7, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Abarimo Bwiza bitabiriye ibirori bya The Stage Showcase(Amafoto)

November 2, 2024
Imyidagaduro

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

May 29, 2025
Utuntu n'utundi

Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza yasabiwe gufungwa imyaka 10

March 20, 2024
Imyidagaduro

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

May 28, 2025
Ubukungu

La Creola Restaurant & Lounge Urugero rwiza mu kubahiriza uburenganzira bw’abakozi

January 22, 2024
Ubuzima

Uruganda rwa SKOL rwatanze ubwisungane mu kwivuza ku miryango 185

November 2, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?