SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umwe mu bashinja P Diddy yasabwe gutangaza amazina y’ukuri
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umwe mu bashinja P Diddy yasabwe gutangaza amazina y’ukuri
Imyidagaduro

Umwe mu bashinja P Diddy yasabwe gutangaza amazina y’ukuri

Wakibi Geoffrey
Last updated: 2025/03/06 at 11:10 AM
Wakibi Geoffrey
Share
1 Min Read
SHARE

Nyuma y’uko P.Diddy asabye urukiko kubwirwa amazina y’abantu bamureze, kuri ubu urukiko rwasabye umwe mu bagore batanze ikirego kwivuga amazina nyakuri cyangwa ikirego cye kigateshwa agaciro.

Umwe mu bagore basabwe kuvuga amazina ye yari yahawe izina rya ‘Jane Doe’ mu rubanza ku bw’umutekano we, ariko urukiko rwa New York rwamutegetse ko agomba gutangaza imyirondoro ye ya nyayo cyangwa dosiye ye igakurwa mu rukiko nk’uko TMZ ibitangaza.

Umucamanza Mary Kay Vyskocil yavuze ko n’ubwo ikirego cy’uyu mugore gifite ishingiro, ariko nta mpamvu ifatika yigeze agaragaza ko imyirondoro ye ikwiye kugirwa ibanga, bityo ko agomba gukoresha imyirondoro ye ya nyayo.

Ikirego cy’uyu mugore ni kimwe mu birego 120 byatanzwe n’umunyamategeko Tony Buzbee, ariko umucamanza Mary Kay yasabye Jane gutanga imyirondoro ye bitarenze ku wa 13 Ugushyingo 2024, cyangwa ikirego cye kigateshwa agaciro.

Uyu mugore wiswe ‘Jane Doe’ yatanze ikirego avuga ko P Diddy yamusambanyije mu myaka 20 ishize ubwo yari afite imyaka 19 y’amavuko, icyakora abunganira Diddy bo bahakaye iki kirego bavuga ko atigeze amuhohotera.

Diddy yatawe muri yombi ku wa 16 Nzeri 2024 afungirwa i New York akurikiranweho ibyaha bishingiye ku ihohoterwa ryo ku gitsina, aho azatangira kuburana muri Gicurasi 2025.

You Might Also Like

The Ben Agiye guhurira mu gitaramo kimwe n’abarimo Diamond Platnumz,Bebe Cool na Eddy Kenzo muri Uganda

RIB yaburiye abanyamakuru bashobora kwisanga mu cyaha mu kibazo cya Bishop Gafaranga

Urubanza rwa Bishop gafaranga rwaburanishirijwe mu muhezo

Sherrie Silver yashenguwe n’ihohoterwa rikorerwa umwana afasha yiyemeza kumuvuza

Maurix Baru yateguye ibitaramo yise “Karahanyuze Summer Tour”azakorera muri Canada

Wakibi Geoffrey March 6, 2025 October 31, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ikoranabuhanga

Abarenga 70 bishwe n’inkongi y’umuriro muri Afurika y’Epfo

August 31, 2023
Andi makuru

RDC yahagaritse ingedo za Rwandair mu kirere cyayo

February 12, 2025
Imyidagaduro

Ommy Dimpoz yageze i kigali aho aje kwitabira Ubukwe bwa The Ben

December 22, 2023
Andi makuru

Perezida Mamadi Doumbouya yishimiye urugendo rwa Perezida Kagame muri gihugu cye .

May 15, 2024
Imyidagaduro

Ubukwe bwa Bishop Gafaranga na Annette bukomeje kuvugisha benshi

February 8, 2023
Imikino

CAN 2023 : RDC na Tanzania zisanze mw’itsinda rimwe

October 13, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?