SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Nyuma ya Sandrine Isheja Andy Bumuntu nawe yasezeye kuri Kiss Fm
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Nyuma ya Sandrine Isheja Andy Bumuntu nawe yasezeye kuri Kiss Fm
Imyidagaduro

Nyuma ya Sandrine Isheja Andy Bumuntu nawe yasezeye kuri Kiss Fm

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: September 9, 2024
Share
SHARE

Andy Bumuntu yasezeye kuri Kiss FM nyuma y’imyaka ibiri yari amaze akorayo ikiganiro Kiss Breakfast yahuriragamo n’abarimo Rusine na Sandrine Isheja uherutse kwerekeza muri RBA nk’Umuyobozi Mukuru Wungirije.

Uyu muhanzi winjiye muri Kiss FM muri Mata 2022, abinyujije mu itangazo yashyize hanze, yamenyesheje abakunzi be ko yamaze kuva kuri iyi radiyo yari amazeho imyaka ibiri.

Uyu musore yari amaze igihe akorana na Sandrine Isheja mu kiganiro ‘Kiss Breakfast’ yahuriragamo na Sandrine Isheja na Rusine wakinjiyemo asimbuye Gentil Gedeon.

Kayigi Andy Fred uzwi nka Andy Bumuntu ni umuvandimwe w’umuhanzi Umutare Gaby. Izina ‘Bumuntu’ yarihisemo nk’iry’ubuhanzi agendeye ku bumuntu n’umutima ukeye yiyumvamo kugira ngo birusheho kuba umwimerere we.

Uyu musore wize ibijyanye n’amashanyarazi, yatangiye umuziki mu 2009. Yanabaye kandi umwe mu babyinnyi bakomeye mu Itorero Mashirika ndetse yariherekeje mu bitaramo ryatumiwemo mu bihugu bitandukanye.

Yakunzwe mu ndirimbo zirimo ‘Ndashaje’ iri mu zo yahereyeho yanatumye amenyekana. ‘On fire’, ‘Valentine’, ‘KK 509 St’, ‘Umugisha’, ‘Appreciate’ n’izindi zatumye yubaka izina mu Rwanda no hanze yarwo.

MTN Iwacu na Muzika Festival Kevin Kade yasimbujwe Bull Dogg
DJ Ira mu byishimo byinshi nyuma yo gutangira gufashwa guhabwa ubwenegihugu yemerewe na Perezida Kagame
Knowless na Clement bakuriye inzira ku murima kubirirwa babaza impamvu baterekana abana babo
Ikinyamakuru The Mirror cyemeye amakosa cyakoreye Prince Harry
Marie France yatorewe kuyobora Inama y’Igihugu y’Abahanzi
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ib8 Casino Login App Sign Up

May 28, 2024

Supernopea Casino No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2024

May 28, 2024

Top Online Pokies And Casinos In Australia Free

May 28, 2024

Sin88 Casino Login App Sign Up

May 28, 2024

Table Game Casino

May 28, 2024

Mobile Pokies Win No Deposit

September 5, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?